Blog Post

TJPtrends.com > Ahabanza > Imikino > Rutahizamu Hamissi Cedric yagaragaye mu myitozo ya Rayon Sport.

Rutahizamu Hamissi Cedric yagaragaye mu myitozo ya Rayon Sport.

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Nyakanga 2025 Rutahizamu w’umurundi wciye muri Rayon Sport hagati y’umwaka wa 2012 na 2014 Hamissi Cedric yagaragaye mu myitozo y’iyi kipe aho isanzwe ibera mu Nzove.

Ikipe ya Rayon Sport ikomeje kugumya kureba uko yakwiyuba mu mwaka utaha w’imikino ndetse igenda inakoresha igeragezwa abakinnyi bagiye batandukannye , k’umunsi w’ejo abantu batunguwe no kubona Hamissi Cedric wubatse amateka muri iyi kipe hagati ya 2012 na 2014 yongera kugaragara mu uburur n’umwe arimo gukora imyitozo muri iyi kipe byanashoboka ko dushobora kumva uyu mugabao akinira Rayon Sport mu mwaka utaha w’imikino nyuma y’imyaka irenga 10 ayivuyemo.

  Cedric Amissi ni umwe muri ba rutahizamu bakoze amateka muri Rayon Spor abafana b’iyikipe abahora mumutwe kuko yagiye abafasha cyane mu mikino igiye ikomeye harimo no gufasha Rayon Sport gutsinda APR FC inshuro zigiye zitandukannye.

Ubwo uyu mugabao yageraga mu Nzove ku kibuga cya Skol Stadium iyi kipe isanzwe ikoraho imyitozo abafana batunguwe no kumubona agaruka ndetse banamweretse urukundo rwinshi bamukomera amashyi menshi bamugaragariza ko konjyera kumubona muri murera byaba ari byiza.

Hamissi Cedric kuri ubungu afite imyaka 35 bisa anaho amaze gukura yageze mu Rwanda umwaka ushize aje gukinira Kiyovu Sport ari bizakwanga nyuma y’uko asanze Kiyovu Sport itemerewe kwandikisha abakinnyi bashya bitewe n’ibihano yafatiwe na FIFA.

Ntago Hamissi Cedric gusa uri gukora  imyitozo muri iyi kipe kuko na Emerry Bayisenge nawe n’umwe uri gukora imyitozo muri iyi ndetse vuba idatinze we ashobo kwererekanywa nk’umukinnyi wa Rayon, Undi uri gukora imyitozo ni Rutanga Eric wabereye kapiteni iyi kipe akayivamo ajya muri Police kuri ubu nawe n’undi musore uri gukora imyitozo muri iyi kipe.

Ikipe ya Rayo Sport ikomeje kujyenda ireba ko yabona abakinnyi izifashisha umwaka w’imikino utaha kuko ubungubu yamaze konjyerera amasezerano y’imyka ibiri Seif NIYONZIMA

Aba Rayon Bashobora konjyera kubona Hamissi Cedric mu ikipe ya umwaka utaha w’imikino

Seif NIYONZIMA yonjyereye amaserano muri Rayon Sport

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *