Blog Post

TJPtrends.com > Ahabanza > Imikino > UEFA Nation Leugue: ikipe y’igihugu y’Ubudage iraza gucakirana na Portugal

UEFA Nation Leugue: ikipe y’igihugu y’Ubudage iraza gucakirana na Portugal

Kuri yu wa gatatu tariki ya 04 kamena 2025 nibwo hari buze gukomeza imikino ya ½ cya UEFA Nation League aho umukino utegerejwe n’abantu bose ari umukino uri buze guhuza ikipe y’igihugu ya Abadage baraza kuba bakiriye ikipe y’igihugu ya Portugal naho k’umunsi w’ejo ikipe y’igihugu ya Espain izakira ikipe y’igihu ya France.

N’imikino igeze aho ikomeye kuko amakipe yose yageze ahangaha muri ½ cya UEFA Nation Leuge n’amakipe y’ibihugu asanzwe akomeye cyane byitezwe ko azerekana imikino iryoheye ijisho, ikipe y’igihugu y’ Abadage yageze aha ikuyemo Ubutaliyane ku igiteranyo cy’ibitego 5-4, naho Portugal yasezereye  Dernmark ku ibitego 5-3.

N’imikino ikunze kubonekamo ibitego cyane ,abakinnyi barimo nka Yamin Yamal barashaka kwigaragaza muri ino mikino kugirango barebe ko bakongera amahirwe yo kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku Isi  Ballon d’Or, iwe gusa kuko n’umufaransa Osimeni Dembele ari nawe uhabwa amahirwe yo kuyegukana nawe naramuka atwaye icyi gikombe bisabirwaho ashobora kuzaba amaota yo kuyegukana abaye menshi cyane nyuma yo kwegukana UEFA Champion League aramutse yogeyeho na UEFA Nation League byaba ari akarusho.

Umukino wa  Ubudage na Portugal uraza gutangira ku isha y’isatatu zuzuye maze ibi bihugu byombi byishakemo uzagera k’umukino wa nyuma wa UEFA Nation League, amahirwe meshi arahabwa ikipe y’igihugu y’Udage dore ko ari nayo airaba yakiriye umukino gusa Portugal ya Ronaldo na Bruno nayo iraza kuza yiteguye neza dore ko ari ikipe yagaragaje ko ifite inyota yo kweguka iri rushanywa.

Ubudage burakira Portugal muri 1/2 cya UEFA Nation League

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *