Umunya-Maroc, Abderrahim Talib w’imyaka 61 niwe ushobora kuba umutoza mushya wa APR FC

Amakuru dukesha Umunyamakuru Bruno Taifa uba hafi cyane ya APR FC, yatangaje ko Umunya-Maroc, Abderrahim Talib, w’imyaka 61 y’amavuko, ari we Mutoza mushya wa APR FC. gusa ibingi ntago ikpe ya APR FC irabyemeza ko yamaze kumvikana n’uyu mutoza, dore ko muri ino kipe hagiye havugwamo abatoza benshi bagiye batandukanye ariko bikarangiye batayerekejemo

Chairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa, yavuze ko iyi kipe isigaje kugura abanyamahanga babiri gusa biyongera kuri Ronald Ssekiganda wasinye muri Mutarama.Abo ni rutahizamu w’imbere n’undi mukinnyi umukina inyuma ahazwi nko ku 10. Yemeje ko kandi bari mu biganiro na Omborenga Fitina ariko atarasinya.

abajijwe kubijyanye n’umutoza Ku bijyanye n’umutoza, Chairman wa APR FC yavuze ko azamenyekana namara gusinya, gusa bamaze kumvikana. nubwo haramakuru avuga ko yamaze kubone gusa ibi yabihakanye.

kubijyanye n’abakinnyi barimo Ruboneka, Niyomugabo Cloude na Niyigena Clement bivugwa ko bashakishwa n’amakipe yo hanze Yahakanye kandi ibivugwa ko hari abakinnyi ba APR FC bifuzwa n’andi makipe.

Umunyamakuru Bruno Taifa uba hafi cyane ya APR FC, yatangaje ko Umunya-Maroc, Abderrahim Talib, w’imyaka 61 y’amavuko, ari we Mutoza mushya wa APR FC.

Chairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa, yavuze ko iyi kipe isigaje kugura abanyamahanga babiri

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

TJP Trends