Lorenzo Christian Musangamfura warumaze iminsi ari kugarukwaho n’ibitangazamukuri byinshi bigiye bitandukanye nyuma yo kujyirana ibibazo na Mugenzi we bakoranaga kugitangazamakuri k’igihugu RBA by’umwihari mu rubuga rw’imikino kuri Radio Rwanda Bwana Rugaju Reagan yamze kwerekeza kuri Radio ya SK FM.
mu butumwa yasangije abamukurikira kumbuga nkoranyambaga yagize ati Umunyamakuru w’imikino Lorenzo Christian Musangamfura yerekeje kuri Sk Fm ya Sam Karenzi. sibyo gusa kuko na SK FM yashize hanze ubutumwa ivuga ati”Musangamfura Christian Lorenzo yinjiye mu muryango wa SK FM93.9. Ni umwe mu banyamakuru beza mu Rwanda”.
Ibi bije nyuma y’uko kumbuga nkoranyambaga hamaze iminsi hakwirakwira amakuru avuga ko ubwo Radio Rwanda yariri mu karere ka Karongi mu burengerazuba bw’u Rwanda muri gahunda bise ‘RBA Hafi yawe’ aba basore bombi Rgaju ndetse na Lolenzo bajyamiranye kuburyo bukomeye cyane nyuma yaho bikaza kuba ngombwa ko bombi taumizwa n’ubuyozi bwa Radio Rwanda nyuma y’ipereza baje gusa Lolenzo ariwe wiyenjeje ndetse ko ariwe nyirabayazana bahitamo kumuhagarika amezi abairi adakora ndetse atanhembwa.
Nyuma yaho uyu Lorenzo yifashije imbuga nkoranyanga yagaragaje ko Asa nuri gusaba Rugaju imbabazi avuga ko ari mubantu batanu bingenz m’ubuzima bwe, gusa Reagan nawe yemeje ko bagiranye ikibazo gusa ntabubasha afite bwo kuba yamubabarira ngo asubire mukazi ke ko ntacyo akuriye cyatuma amusubiza mukazi.
Gusa amakuru yavugaga ko uyu Rugaju bitewe n’uburyo Lorenzo yamubabajemo yabwiye abayozi ba RBA ko umwe agomba gusohoka hagat ye na Lorenzo, ariko bijyendanye n’izina Rugaju afite , LOrenzo niwe wagombaga gusohoka.
Si ubwambere uyu musore yaravuze kuri Sk FM kuko ubwo Sk FM yafungura byavugwaga ko uyu musore ariho agiye gukorera gusa biza kurangira ahawe amasezerano y’akazi kuri RBA birangira akatiye SAM karezi. kuru ubngubu bwana Lorenzo Christian Musangamfura umwe mubanyamakuru b’imikino beza kandi bakunzwe n’abantu benshi hano Mu Rwanda agiye kujya yumvikana kuri SK FM

