Kuri uyu wa mbere tariki ya 22 Nzeri 2025 shampiyona y’Isi y’Amagare ikomeje kubera hano mu Rwanda yakomezaga k’umunsi wayo wa kabiri aho kuri uyu munsi hari gukinywa gusiganywa buri muntu kugiti cye ibibzwi nka ITT, mu cy’iciro cy’abakobwa n’abahungu ari batarengeje imyaka U20.
Umwongereza Zoé Backstedt niwe wegukanye irushanwa rya none mu kiciro cya ITT aho yakoresheje iminota 30:56.16. aho abasiganywa kuri uyu wa mbere bahaguruka muri BK Arena bagasoreza kuri Kigali Comvertion Center ku nter inga na kilometero 20.6km
Umunyarwandakazi waje ku mwanya wa hafi ni Ntakirutimana Martha waje ku mwanya wa 27 akaba arushwa n’uwa mbere iminota 5:31.23, Nyirarukundo Claudette wahagurutse mbere, ari ku mwanya wa 32 akaba arushwa n’uwa mbere iminota 06:18.17.
Abakinnyi 50 bakomoka mu bihugu 36 ni bo bitabiriye umunsi wa kabiri wo gusiganwa n’ibihe, Individual Time Trial, ITT, mu cyiciro cy’abatarengeje imyaka 23






Umwongereza Zoé Backstedt niwe wegukanye irushanwa rya none mu kiciro cya ITT

Umwongereza Zoé Backstedt niwe wegukanye irushanwa rya none mu kiciro cya ITT aho yakoresheje iminota 30:56.16.




Umunyarwandakazi waje ku mwanya wa hafi ni Ntakirutimana Martha waje ku mwanya wa 27
