U Rwanda rwonjyereye amasezerano azageza muri 2028 n’ikipe ya Bayern Munich muri Gahunda ya “Visit Rwanda”.
Gahunda ya “Visit Rwanda” mu bufatanye na Bayern Munich yatangijwe ku wa 27 Kanama 2023, aho usibye kuba bamabara “Visit Rwanda” aya masezerano akubiyemo no konjyerera imbaraga mu Bayer Munich Academy ikorera mu Rwanda bikazafasha kuzamura impano z’abana benshi bikaba byafasha mu kunguka abandi bakinnyi bashya.
Mu minsi yashishize kandi hari abana bagera kuri babairi bamaze kuzamurwa mu ikipe ya Bayern Munich yabatarengeje imyaka 19, aya masezerano yojyerewe kandi harimo kunjyerera imbara Academy ya Bayen Munichi ikorera i Kigali.
Usibya Byaen Munich isanzwe ifitanye ubufanaye na”Visit Rwanda” hari n’andi makipe asanzwe yamaza “Visit Rwanda” haba muburyo bwo kwambara kumyenda ndetse no kwamaza muri sitade ndetse no mubindi bikorwa bya siporo bijyanye no kuteza imbere umupira w’amaguru by’umwihariko binyuze muri za Academy.
Ikipe ya Arsenal nayo n’indi kipe yo mu igihugu cy’ubwongereza ifitanye imikoranire na”Visit Rwanda” aho bambara ijambo “Visit Rwanda” kukuboko ndetse bakanayamaza muri sitade m rwego rwo kwamaza ubukerarugendo rwo gusura ibyiza bitatse u Rwanda.
Ikipe ya Athletico Madri yo muri Espagne nayo n’indi kipe isanzwe ifitanye imikoranire na “Visit Rwanda” aho bamabara “Visti Rwanda mu mikino yose bakina ndetse no mu myitozo.
Indi kipe ifitanye imikoranire na “Visit Rwanda”n’ikipe ya PSG yo m’Ubufaransa yo usibye kuba yamabara”Visit Rwanda” ifite n’ishuri ry’umupira w’amaguru rikorera hano i kigali mu rwego rwo kuzamura impano z’abakiri bato.

Visit Rwanda na Bayern Munich bongereye amasezerano y’imikoranire azagera muri 2028

bazafasha iterambere ry’umupira w’amaguru mu Rwanda bongerera imbaraga Bayern Munich Academy.
