Blog Post

TJPtrends.com > Ahabanza > Imyidagaduro > YAMPANO nyuma yo gutaramira abanyarwanda muri BK Arena yihakanye Bruce Melody ko ntawe azi.

YAMPANO nyuma yo gutaramira abanyarwanda muri BK Arena yihakanye Bruce Melody ko ntawe azi.

UMUHANZI UBARIZWA MU RWANDA YAMPANO MURI BK ARENA

Taliki ya 1/1/2025 mugitaramo cya The Ben cyari gikamije kwerekana umuzingo”album” w’indirimbo ze,mu gitaramo cyahawe uzina ” the new year groove”. umuhanzi The Ben yatanze amahirwe akomeye cyane aha umwanya abahanzi bakizamuka umwanya mu gitaramo ngo nabo biyerekane. Murabo bahanzi harimo uwatangaje abanyarwanda yerekana ko azwi cyane mu gihugu dore ko yagarutsweho cyane kuruta abandi ni ‘YAMPANO‘. Nyuma yo gutangaza inkuru ko inkono ihira igihe biciye kugananiro ya giranye na Murindahabi Irene.

YAMPANO yagarutsweho cyane kuruta abandi bose bataramye muri BK Arena, uyu muhanzi wamenyekanye ku ndirimbo ze harimo izitwa (Ngo,Kabucura,Uworizagwira ,Ndikwikubita) ni zindi. ku 4/1/2025 yatanganje ko atazi umuhanzi ukomeye cyane witwa Bruce Melody, nyuma yo kumwima “rimix”yindirimbo yise Ndikwikubita. Kandi nanone yavuzeko atazongera kwita The Ben izina rwe ahubwo amuhinduri izina rye akamwita pathdadi. ibi byose yabishyize hanze mukiganiro ya giranye na LUCKY kuri RTV. Yongeraho avuga ati” sijya cika intege kandi uno mwaka munyitege kuko fitanye indirimbo na The Ben”.

YAMPANO Muri BK ARENA

YAMPANO Muri BK ARENA

Bwambere mumateka YAMPANO ahura na THE BEN

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *