Blog Post

TJPtrends.com > Ahabanza > Imyidagaduro > yampano yavuye ku izima asaba imbabazi Marina

yampano yavuye ku izima asaba imbabazi Marina

Umuhanzi yampano wari umaze iminsi akozanyaho na Marina yamusabye imbabazi nyma yo kugaragarizwa amakosa yakozwe mu kibazo cyabo.

Nyuma y’uko indirimbo y’umuhanzi yampano (urw’agahararo) yari yakoranye n’umuhanzikazi Marina isibwe ku mbuga z’uyu muhanzi yari iri gucururizwaho bikagaragara ko yasibishijwe na marina byababaje cyane yampano binatera umwuka mubi hagati yabo ndetse uyu muhanzi yampano avuga byinshi ashinja uyu mukobwa kuba yaramubereye mubi mu mikorere yayo ibyanateye abafana babo urujijo.

nyuma yo gushinjwa kugorana n’ibindi ku bijyanye no gushyirwa hanze kw’iyi ndirimbo umuhanzikazi Marina nawe yasunze imbuga nkoranyambaga ze agaragaza ko ntakuri kuri mu ibyavuzwe na yampano avuga ko arengana.

mu ibaruwa marina yashyize hanze, yavuze ko yahisemo gusibisha indirimbo ” urw’agahararo” yari yakoranye na yampano kubera ko yampano yagiye kure y’ibyo bari bumvikanye ku bijyanye n’imisohokere y’indirimbo yabo, kubera icyo yafashe umwanzuro wo kuyisibisha ngo bishyirwemo ubunyamwuga mu rwego rwo kurengera iterambere rye.

nyuma y’ibaruwa ya marina imurenganura yampano garutse asaba imbabazi Marina anamubwira ko anamukunda cyane.

yampano ati ” Marina ndamwubaha ni umuhanzi mwiza kd ndamukunda ninayo mpamvu twakoranye indirimbo, “Mbabarira mwamikazi”.

yampano yakomeje asaba abanyarwanda gukunda no gutega amatwi marina nawe atisize, ati ibaze Twanganye! ndetse n’andi magambo menshi ataka impano ya Marina.

yampano yasabye imbabazi marina

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *