yayon Sport yamaze kugura Bus izajya itwara abakinnyi k’ubufatanye na Airtel yatwaye arenga Miliyoni 200Frw

k’umunsi w’ejo hashize ku wambere kuri Zaria Court nibwo Rayon Sport yamuritse umushinga wayo yise”Akanyenyeri” aho buri muntu wese ushaka kuba umunyamuryango wa Rayon Sport azajya akanda *702# ubundi akayindskisha.

Muri uwo muhango kandi ninaho hatangarijwe ko iyi kipe ya Rayon Sport k’ubufatanye na Airtel yamaze kugura Bus ifite agaciro k’ibihumbi 130 by’Amadorali, ni ukuvuga ngo angana na 195,350,908 mu manyarwanda. 

Iyi modoka igomba kuzajya itwara abakinnyi ba Rayon Sport guhera mu mwaka w’imikino utaha wa 2025/206, ikaba izagera mu Rwanda nyuma y’amaezi abairi n’ukuvuga mu kwezi k’ugushyingo.

Rayon Sport yaherukaga kugura Bus itwara abakinnyi muri 2019 gusa byaje kwanga birangira bayisubije aho bayiguze kubera kutubahiriza amasezero hagati y’impande zombi muribuka ko yigeze no gukwamiri mu majyepfo kuyihakura bikaba ibibazo.

Gakwaya Olivier wabaye umunyamabanga wa Rayon Sports hagati ya 2008 na 2017 ni we wemerewe nk’umuyobozi nshingwabikorwa w’uyu mushinga w’akanyenyeri, aho buri muntu wese ushaka kuba umunyamuryango azajya akanda *702# ubundi akiyandikisha akaba umunyamuryango.

Rayon Sport yamaze kugura bus nshyashya izajya itwara abakinnyi k’ubufatanye na Airtel Rwanda

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

TJP Trends