Ubwongereza Buzemerera Abana B’imyaka 16 Gutora mu Matora ya Rusange – Impinduka Nshya muri Demokarasi

Mu gihe Ubwongereza bukomeje kwitegura amatora ya rusange azaba ku ya 4 Nyakanga 2025, haravugwa impinduka nshya zishobora guhindura uburyo demokarasi ikorwamo muri iki gihugu. Binyuze mu kiganiro cyatangajwe n’ishyaka riri ku butegetsi, hari icyifuzo cyo korohereza urubyiruko rufite imyaka 16 n’iyirenga kugira uruhare mu matora. Uyu mushinga w’itegeko uje nyuma y’imyaka myinshi hari impaka […]

Read More

Manchester United yemeye kuzuza Miliyoni £70 kuri  Bryan Mbeumo kugira ngo imukure muri Brentford

Ikipe ya Manchester United yamaze kwemera gutanga amafaranaga ajyera kuri miliyoni £70  kuri rutahizamu wa Brentford Bryan Mbeumo, nyuma y’igihe gito cyari gishize iyi kipe ijyanye Miliyoni £65, maze ikipe ya Brentford ibatera utwatsi ibabwira ko bitakunda. K’umunsinsi w’ejo nimbwo ikipe ya Manchester United yajyanye icyifuzo cyayo muri Brentford cyuko yemeye kuzuza amafaranaga bari babasabye […]

Read More

Ubushinwa Bwatangaje ko Butiteguye Gufasha America Mu bibazo Byayo:Intambara Nshya y’Amagambo

Mu gihe ubushyamirane bukomeje gufata indi ntera hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Repubulika ya Rubanda y’ubushinwa, Antony Blinken Umunyamabanga wa Leta wa Amerika yatangaje ko ibihugu byombi bidakwiye kurebana nk’abahanganye nk’uko byari bimeze mu ntambara y’ubutita. Gusa Ubushinwa bwo bwahise busubiza busobanura ko “butiteguye gufasha Amerika gukemura ibibazo byayo”. Ibi byabaye nyuma […]

Read More

Reyna wamamaye ku mbuga nkoranyambaga ahataniye ibihembo bikomeye muri afurika

Umukobwa umaze iminsi yaratwaye imitima y’abakoresha imbuga nkoranyambaga witwa Reyna ahataniye ibihembo bikomeye muri afurika byumwihariko mu bakora ubuhinzi n’ubworozi. Nkuko nawe yakomeje kubigaragaza ku mbuga nkoranyambaga ze,uyu mukobwa w’ubwiza Ari mu bakandida bari guhabwa amahirwe yo gutwara ishimwe muri ibi bihembo byateguwe na kompanyi ya Business award aho muri uyu mwaka n’uyu mukobwa yajemo. […]

Read More

Umunya-Brazil Vinícius Júnior ashobora gusohoka muri Real Madrid nyuma y’uko ari gusaba umushahara uri hejuru

Umunya-Brazil Vinícius Júnior ashobora gusohoka muri Real Madrid nyuma y’uko yabwiye ikipe ya Real Madrid ko ashaka umushahara uruta abandi bose bakaba bamukura kuri Miliyoni €21 akaba bamushyira kuri miliyoni €36, akaba umukinyi wa mbere uhabwa amafaranga menshi muri iyi kipe. Nyuma y’uko abahagarariye uyu musore babwiye Real Madrid ko igomba kuzamurira uyu musore umushahara […]

Read More

Togo mu matora y’inzego z’ibanze: uburakari bw’abaturage basaba demokarasi nyayo

Kuri uyu wa Kane, abaturage bo muri Togo bitabiriye amatora y’inzego z’ibanze (local elections), mu gihe igihugu kiri mu bihe bikomeye by’uburakari n’impungenge ku cyerekezo cya demokarasi. Iyi ni imwe mu ntera ikomeye igihugu kigezeho mu nzego z’imiyoborere, ariko ikaba inajyanye no kwinubira gukomeye kw’abaturage ku mikorere y’ubutegetsi buriho. Aya matora y’inzego z’ibanze ni igice […]

Read More

Ntwari Fiacre munzira zerekeza muri Yanga SC yo muri Tanzania

Umunyezamu w’ikipe y’Igihu Amavubi Ntwari Fiacre usanzwe ari umuzamu wa Kaizer Chief yo muri Africa y’epfo ashobora kwerekeza muri  Ynaga SC yo muri Tanzania. Nyuma y’uko Ntwari Fiacre ageze muri Kaizer Chiefs mu mwaka ushize w’imikino avuye mu muri TX Galaxy agauzwe amafaranaga agera kuri Miliyoni 400 Frw, yageze muri iyi kipe aguzwe nk’umuzamu wa […]

Read More