Iseru: Indwara Yandura Cyane Ishobora Kwirindwa
Iseru ni indwara iterwa na virusi yitwa mizozi virusi(Measles virus). Ni imwe mu ndwara zandura cyane ku isi, cyane cyane mu bana, ariko ishobora no gufata abantu bakuru batigeze bakingirwa…
Iseru ni indwara iterwa na virusi yitwa mizozi virusi(Measles virus). Ni imwe mu ndwara zandura cyane ku isi, cyane cyane mu bana, ariko ishobora no gufata abantu bakuru batigeze bakingirwa…
Urusenda ni kimwe mu birungo bikundwa cyane kubera uburyohe n’ubukana byongerera amafunguro. Nubwo rugira akamaro kanini ku buzima, kururya mu buryo budakwiye cyangwa mu rugero rukabije bishobora kugira ingaruka zitandukanye…
Onyo, cyangwa ibitunguru by’umweru, ni kimwe mu bihingwa bikoreshwa cyane mu gutegura amafunguro hirya no hino ku isi. Nubwo isa nk’igihingwa gisanzwe kiboneka hafi ya buri rugo, ifite akamaro gakomeye…
Wari ukeneye indirimbo igusubizamo ibyiringiro no kuguhuza n’Imana? Umva ‘Unibariki Bwana” ya Hope Tuka. Ni indirimbo yuzuye ubutumwa bwo gusenga, gusaba umugisha no kwizera Imana. Mu buzima bwa buri munsi,…
Amagi ni kimwe mu biribwa bikunzwe cyane hirya no hino ku isi kubera uburyo yoroshye gutegura ndetse n’intungamubiri nyinshi iba irimo. Mu Rwanda no mu bindi bihugu byinshi, abantu bakoresha…
Imirire myiza ni imwe mu nkingi zikomeye zigize ubuzima bwiza bw’umuntu. Kurya neza buri munsi bifasha umubiri kugira imbaraga, gukura neza, gukora neza kw’ingingo z’umubiri ndetse no kwirinda indwara zitandukanye.…
Mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo hagaragaye icyorezo cya Ebola virusi disease cyongeye guteza impungenge mu baturage, cyane cyane mu bihugu bya Uganda na congo DRC (Democratic Republic of the…
Ibihumyo ni ibiribwa bikundwa n’abantu benshi kubera uburyohe bwabyo ndetse n’intungamubiri bikungahayeho. Mu rwego rw’ubuvuzi n’imirire, ibihumyo bifatwa nk’ibiribwa bifasha umubiri gukora neza no kugira ubuzima bwiza. Hari ubwoko bwinshi…
Muri iki gihe abantu benshi bamara igihe kinini bicaye bakoresha telefone, mudasobwa cyangwa bareba televiziyo. Abanyeshuri bamara amasaha menshi mu ishuri no mu gusubiramo amasomo, naho abakora mu biro bakicara…
Amavuta y’inka ni kimwe mu biribwa bikomoka ku mata y’inka. Aya mavuta akorwa hakoreshejwe amata cyangwa cream y’amata, hanyuma agatandukanywa n’amazi kugira ngo haboneke ibinure byinshi. Mu buzima bwa buri…