Perezida Donald Trump yatangaje ko agiye gushyiraho umusoro ungana ni 100% ku mafilime yose akorerwa hanze ya Amerika, avuga ko ari ikibazo kirebana n’umutekano w’igihugu. Yatangaje ko yategetse umunyamabanga ushinzwe…
Mu nama y’abakuru b’ibihugu bikize (G7) yabereye i Quebec muri Canada, hafashwe imyanzuro ikomeye ku bijyanye n’umutekano w’Isi, cyane cyane ibirebana n’intambara ikomeje hagati ya Israel na Iran. Abakuru b’ibihugu…
Mu gihe ubushyamirane bukomeje gufata indi ntera hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Repubulika ya Rubanda y’ubushinwa, Antony Blinken Umunyamabanga wa Leta wa Amerika yatangaje ko ibihugu byombi…