WASHINGTON, D.C. – Mu cyemezo gikomeye kandi giteje impaka, Perezida Donald Trump yashyize umukono ku itangazo rishyiraho amafaranga mashya y’umwaka angana na $100,000 ku busabe bwa buri visa ya H-1B…
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yafashe umwanzuro wo gukumira indege zituruka mu Rwanda kugwa ku butaka bwayo no kuguruka mu kirere cyayo, isobanura ko ari ingamba z’umutekano.…