Joseph Kabila yatangaje ko agiye gusubira muri RDC nyuma y’imyaka 6, ahakana gufatanya n’AFC/M23
Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yavuye mu gihugu mu 2023. Ishyaka rye PPRD ryatangaje ko yagiye muri Afurika y’Epfo kwiga impamyabumenyi y’ikirenga (PhD).…
