Blog Post

TJPtrends.com > Ahabanza > Politike
President Paul Kagame Yavuzeko Atazigera Agendera Ku Marangamutima Ngo Yihanganire Abayobozi Badashyira Iterambere N’Imiyoborere Myiza By’Igihugu Imbere.

President Paul Kagame Yavuzeko Atazigera Agendera Ku Marangamutima Ngo Yihanganire

Ku wa Kane, tariki ya 9 Mutarama 2025, Perezida Paul Kagame yasobanuye impamvu z’impinduka zakozwe mu buyobozi bw’Igihugu, agaragaza ko
Perezida Paul Kagame Yagiranye Ikiganiro n’Itangazamakuru Ku Ngingo Z’iterambere, Umutekano n’Icyerekezo cy’u Rwanda.

Perezida Paul Kagame Yagiranye Ikiganiro n’Itangazamakuru Ku Ngingo Z’iterambere, Umutekano

Ku wa 9 Mutarama 2025, Perezida Paul Kagame yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru ryo mu Rwanda. Muri iki kiganiro, Perezida Kagame yagarutse
Rwanda: RIB yatangaje ko ibyaha byagabanutse, mu mwaka urangiye wa 2024.

Rwanda: RIB yatangaje ko ibyaha byagabanutse, mu mwaka urangiye wa

Urwego rw’igihugu rw’Ubushinjacyaha Rib yatangaje ko ibyaha bisanzwe bizwi nko kwiba byari byugarije igihugu, Rib ivugako mu mwaka wa 2024
Irahira Rya Mahama, Umwanya Mwiza wo Gukomeza Umubano Hagati Ya Ghana n’U Rwanda

Irahira Rya Mahama, Umwanya Mwiza wo Gukomeza Umubano Hagati Ya

Perezida Paul Kagame yifatanyije n’abaturage ba Ghana n’abanyacyubahiro batandukanye mu birori by’irahira rya Perezida mushya, John Dramani Mahama, hamwe na
Abaturage ba akarere ka Gakenke bifuza ko isoko rya”Ryabazira” Ryakubakwa.

Abaturage ba akarere ka Gakenke bifuza ko isoko rya”Ryabazira” Ryakubakwa.

Mubusanzwe isoko ry’ahitwa mu Ryabazira, bavugako bakeneye isoko cyane,doreko bibabera ihurizo rikomeye cyane. Mugihe bacuruza ibicuruzwa birangirika cyane kubera izuba
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana Asaba abanyarwanda Kwongera Ingamba zo Kurwanya Malariya kuko Imibu yahinduye Uburyo.

Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana Asaba abanyarwanda Kwongera Ingamba zo

Dr. Nsanzimana yasobanuye ko imibu isigaye iruma abantu hakiri kare mbere y’uko bajya mu mazu cyangwa mu nzitiramibu, bityo bikaba
Minisitiri Nduhungirehe Yibukije Abanyarwanda Baba Mu Mahanga Kugendana u Rwanda Aho Bari Hose

Minisitiri Nduhungirehe Yibukije Abanyarwanda Baba Mu Mahanga Kugendana u Rwanda

Mu butumwa yagejeje ku Banyarwanda baba mu mahanga, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yabifurije umwaka mushya muhire, abibutsa
Igikorwa kiza police yatangije yibutsa abakoresha imihanda ko bagomba kwibuka gahunda ya Gerayo amahoro mu Karere ka Musanze.

Igikorwa kiza police yatangije yibutsa abakoresha imihanda ko bagomba kwibuka

Police y’ u Rwanda yibukije abakoresha imihanda ko bagomba gutangira umwaka wa 2025 bibuka cyane gahunda ya Gerayo amahoro mu
Nyuma yo kubura mu igitaramo cy’ Ubunani Cecile Kayirwebwa yasabye imbazi abakunzi be.

Nyuma yo kubura mu igitaramo cy’ Ubunani Cecile Kayirwebwa yasabye

Umuhanzikazi akaba n’icyamamare mu Rwanda Cecile Kayirebwa, yabuze mu gitaramo cy’ ubunani ariko abakunzi be ntibabyishimira cyane. Ariko akoresheje imbugaze
Kujya gusenga kwa Yesu nyirimuhwe ningira kamaro cyane kubemera Imana.

Kujya gusenga kwa Yesu nyirimuhwe ningira kamaro cyane kubemera Imana.

Abaturage kwa Yezu nyirimuhwe mu karere ka Ruhango Uko amezi asimburana niko buri cyumweru cya mbere cy’ukwezi abantu beshi cyane