Menya ibihugu biteye ubwoba kubibamo muri afurika
Ibihugu nka afurika y’epfo na Angola biri imbere mu bihugu biteye ubwoba kubibamo ku rutonde rushya rwa 2025. Kuri uru rutonde ibihugu biriho byiganjemo ibifite ubuso bunini bishyiraho ibice binini…
Ibihugu nka afurika y’epfo na Angola biri imbere mu bihugu biteye ubwoba kubibamo ku rutonde rushya rwa 2025. Kuri uru rutonde ibihugu biriho byiganjemo ibifite ubuso bunini bishyiraho ibice binini…
Igihugu cya Somalia cyagarutse ku mwanya wa Mbere w’ibihugu bituwe n’abaturage biganjemo abato bafite ikibazo cy’imirire mibi ku rutonde rwashyizwe hanze rw’umwaka wa 2025. Iki gihugu kimaze kugarizwa n’izamuka ry’ubukungu…
Ibihugu nka Chad na Nigeria ni bimwe mu bihugu biri ku isonga mu kugira ababituye bafite ikizere gike cyo kubaho muri uyu mwaka wa 2025. Urebye ku rutonde rw’ibi bihugu…
Ubushakashatsi bugaragaza ko umubu ariyo nyamaswa y’inkazi cyangwa Mbi yo kwitondera nubwo usanga bamwe babona utu tunyamaswa nk’ubwoko busanzwe butagize icyo butwaye. Nkuko byagiye bihurizwaho na bimwe mu bigo by’ubushakashatsi…
Igihugu cya Nigeria Kiri mu bihugu bifite abaturage benshi kwisi aho kiza ari icyambere mu bihugu bibarizwa ku mugabane wa afurika. Ku rutonde rw’ibihugu 15 biza imbere kurusha ibindi ku…
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yemeje ko ibitaro bigomba gufatwa nk’amashuri aho abanyeshuri biga ubuvuzi bazajya bahigira, bikabafasha kumenyera kwita ku barwayi no gutsinda ubwoba bwo gukorana na bo. Ibi byari mu…
Papa Fransisko ntakiri gukoresha ibikoresho bimwongerera umwuka nijoro, kandi abaganga be bizera ko azakomeza gukira, nk’uko bivugwa na Vatican. Mu itangazo ryatanzwe ku wa Gatatu, Vatican yavuze ko ubuzima bwa…
Ku Bitaro byitiriwe Umwami Faisal hatangijwe ku mugaragaro uburyo bushya bwo kuvura abafite ibibazo bijyanye n’ubuzima bwo mu mutwe, by’umwihariko agahinda gakabije, hifashishijwe umuti wa Ketamine unyuzwa mu rushinge. Iki…
Amakuru mashya ku buzima bwa nyirubutungane Papa Francis ava I Vatican nyuma yo kumara iminsi havugwa ko atamerewe neza. Kuri uyu wa Kabiri, Tariki ya 25 Gashyantare 2025 I Vatican…
Inama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida Paul Kagame ku wa Mbere, tariki 10 Gashyantare, yafashe umwanzuro wo kuzamura imisoro ku nzoga n’itabi. Iyi nama yaganiriye ku iterambere ry’ubukungu bw’igihugu no ku…