Giti: Imodoka Ya Gitifu Yahiye Irakongoka
Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 4 Gashyantare 2025, imodoka ya Bangirana Jean Marie Vianney, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Giti mu Karere ka Gicumbi, yafashwe n’inkongi y’umuriro maze…
Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 4 Gashyantare 2025, imodoka ya Bangirana Jean Marie Vianney, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Giti mu Karere ka Gicumbi, yafashwe n’inkongi y’umuriro maze…
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Brig. Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zifatanyije n’Umutwe wa FDLR zarashe ibisasu ku butaka bw’u Rwanda mu…
Inkongi y’umuriro yibasiye hoteli Grand Kartal, iherereye ku musozi wa Kartalkaya mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Turukiya, yahitanye abantu 76 mu gihe abandi barenga 32 bakomerekeye muri iyi mpanuka, nk’uko byemejwe…
Mu mujyi wa Los Angeles, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, inkongi z’umuriro zikomeye zakomeje guteza ibibazo bikomeye, bituma abaturage barenga ibihumbi 30 basabwa guhunga amazu yabo. Izi nkongi, zikomeje…
Kuri uyu wa Kabiri mu gitondo, umutingito uri ku gipimo cya 7.1 wibasiye Umujyi wa Shigatse, umwe mu mijyi yera ya Tibet, nk’uko byatangajwe na US Geological Survey. Gusa, televiziyo…
Dr. Nsanzimana yasobanuye ko imibu isigaye iruma abantu hakiri kare mbere y’uko bajya mu mazu cyangwa mu nzitiramibu, bityo bikaba intandaro yo kwiyongera kw’abandura Malariya mu turere tumwe nka Gasabo,…
Polisi y’u Rwanda yashimiye Abanyarwanda uko bitwaye mu bihe by’iminsi mikuru isoza umwaka wa 2024 n’itangira uwa 2025, inabasaba gukomeza gusigasira umutekano. Umuvugizi wa Polisi, ACP Boniface Rutikanga, yavuze ko…
TOMIKO ITOOKA, umuyapanikazi Umugore wo mu Buyapani yapfuye afite imyaka 116 yamavuka n’agahigo ka ‘Guinness word records’ ko kuba umuntu wambere ku isi usheshe akanguhe kurusha abandi. Yashyinguwe taliki ya…
Ejo hashije 22/12/2024 niho mu Mirenge igize akarere ka Gasabo harimo Bumbogo na Nduba, hafashijwe imiryango 75 ihabwa ibyo kurya ndetse n’ibindi byibanze bikenerwa mu buzima, ifashijwe nu muryango wa…
Mu Murenge wa Giti mu Karere ka Gicumbi, abagabo barindwi bamaze gutabwa muri yombi mu byumweru bibiri bishize, bakekwaho gusambanya abana b’abakobwa bari munsi y’imyaka y’ubukure. Iki kibazo cyagaragajwe mu…