Blog Post

TJPtrends.com > Ahabanza > Iyobokamana > Harimo n’umusozi wa Sinai: Dore ibintu byabaye mu isi ya kera bivugwa muri bibiliya nanubu bikiriho

Harimo n’umusozi wa Sinai: Dore ibintu byabaye mu isi ya kera bivugwa muri bibiliya nanubu bikiriho

Nubwo bamwe mu batuye isi bafata ibivugwa mu isi yakera ari igihuha hari ibimenyetso bikiri ku isi bigaragaza ko Bibiliya itabeshya kandi koko ibyo twumva byanditswe byabayeho.

Ngibi ibimenyetso n’ibintu bivugwa muri bibiliya bikigaragara mu isi mu bice bitandukanye ibi bitangaza byabereyemo.

  • The Splint rock of Horeb Uru ni urutare Moses yakubiseho inkoniruvamo amazi abisirayeli banyoye ubwo bavanwaga kwa Pharaoh, ibyo abantu batazi nuko uru rutare nanuyu munsi rugihari kd rugaragara.
  • The mount Sinai Uyu ni umusozi wa sinai uvugwa muri bibiliya uwitwa Moses yagiye gusengeraho ukaba umusozi Moses yahereweho amategeko 10 y’imana. ubu uyu musozi urasurwa kandi uracyagaragara.
  • Re Sea Inyanja itukura Abantu benshi barayizi ni imwe moses yashinzemo inkoni igaca inzira abisirayeli bakambuka kimwe mu bitangaza bikomeye byabaye mu mateka hakaba aharimbukiye ingabo za pharaoh. iyi nyanja yaje kugaragara bitewe n’ibikoresho byakoreshejwe na pharaoh byagaragaye aho yahoze ndetse n’amafoto yafashwe n’ibyogajuru akagaragaza uko inzira yaciwe na Moses yikase.
  • Noah’s ark iyi Ni Inkuge ya Nowa uvugwa muri Bibiliya aho yaje kuburira irengero nyuma y’umwuzuye uvugwa muri bibiliya cyakora uko ibihe byagiye bitambuka haje kuvumburwa aho iyi nkuge yari iri bigaragazwa n’uko yahishushanyije neza neza.
  • lot’s wife Umugore wa lotsi, uyu mugore ni umwe wabaye ikibumbe cy’umunyu ubwo yahindukiraga ari kureba i sodoma na Gomora hari gushya bikarangira ahasize ubuzima. ikibumba cye kiragaragara cyaje kuvumburwa ahantu giherereye aho benshi bagisura bakanahigira amateka atandukanye.

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *