Blog Post

TJPtrends.com > Ahabanza > Politike > Igikorwa kiza police yatangije yibutsa abakoresha imihanda ko bagomba kwibuka gahunda ya Gerayo amahoro mu Karere ka Musanze.

Igikorwa kiza police yatangije yibutsa abakoresha imihanda ko bagomba kwibuka gahunda ya Gerayo amahoro mu Karere ka Musanze.

Police y’ u Rwanda yibukije abakoresha imihanda ko bagomba gutangira umwaka wa 2025 bibuka cyane gahunda ya Gerayo amahoro mu Karere ka Musanze.kandi ko bakomeza kwirinda imyitwarire mibi kugirango bibarinde impanuka zo mumuhanda.

Ni ubutumwa bwa tangiwe mu kigo abagenzi bategeramo imodoka mu murenge wa Muhoza mu karere ka Musanze.cyari giteraniyeho abagenzi bajya mu bice bitandukanye byi gihugu, abakoreramo imirimo itandukanye ndetse na bashoferi.

Hagarutsweho cyane kubatwara ibinyabiziga ko bagomba kwifata neza birinda impanuka zo mu mihanda . ubutumwa bwagarutsweho ko gutwara ikinyabiziga wa sinze arikosa rikomeye cyane kuburyo ryateza impanuka ikomeye, kandi ko ugomba gutwara ikinyabiziga ufite icyemezo ki kwemerera gutwara ikinyabiziga. Bitwo ni mubikurikiza cyane bizagabanya impanuka zibera mu mihanda. bitwo bigabanye ni pfu twuva ziterwa ni mpanuka zatewe ni binyabiziga.

Umuvugizi wa police mu Karere ka Musanze (SP) Mwiseneza Jean Bosco yakomoje cyane avugako impanuka zibera mu mihanda ziterwa nuburangare, asaba abakoresha imihanda kwirinda amakosa yose yateza impanuka.

Muri ibi bihe byo gutwara abanyeshuri, abashoferi bibukijwe kwirinda amakosa ayariyo yose yatuma bakora impanuka. kandi yibutsa na baturage ko bajya batangira amakuru ku gihe mu gihe babonye ubatwaye abatwara nabi.

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *