Diogo Jota wari rutahizamu wa Liverpool yitabye Imana azize impanuka y’imodoka

Nkuko ibitangazamukuru yo mu gihugu cya Portugal ndetse no muri Esipanye bibitanaga Diogo Jota wari rutahizamu wa Liverpool yitabye Imana azize impanuka y’imodoka yari kumwe n’umuvandimwe bose bitabye Imana. N’inkuru y’akababaro kubakunzi b’ikipe ya Liverpool ndetse n’abakunzi b’umupira w’amaguru ku isi hose aho rutahizamu wa Liverpool ndetse n’ikipe y’igihugu ya Portugal yitabye imana ku myaka […]

Read More

APR FC yatangiye imyitozo yagaragayemo abakinnyi bashya iherutse gusinnyisha(Amafoto)

K’umunsi w’Ejo ku wa Gatatu tariki ya 2 Nyakanga 2025 ku kibuga isanzwe ikoreraho imyitozo ishyorongi ari naho izuba sitade yayo nshya yitwa sitade ikirenga.APR FC yabaye ikipe ya kabiri nyuma ya Rayon Sport  yatangiye imyitozo yitegura umwaka utaha w’imikino 2025/2026. N’imyitozo yakoreshejwe n’umutoza mukuru Abderrahim Taleb ndetse yagaragayemo amabakinnyi bashya iheruka gusinyisha gusa sibose […]

Read More

Afurika y’epfo na byashyize ubucuruzi bw’imbere mu gihugu ku rwego rwo hejuru

Ibihugu nka Nigeria, Repubulika iharanira demokarasi ya Congo na Afurika y’epfo biri ku isonga mu bihugu bihagaze neza mu bucuruzi bwo imbere mu gihugu abo ku rutonde rwashyizwe ahagaragara hagaragaramo bibiri byonyine biri muri afurika y’iburasirazuba aribyo Uganda na Repubulika iharanira demokarasi ya Congo. Ibi bihugu biri kuri uru rutonde iyo harebwe neza bigaragara ko […]

Read More

MRDP-Twirwaneho Yatangaje Impinduka Zikomeye: Prof. Freddy Rukema Arahiriye Kuyobora Umutwe w’Abaharanira Ubutabera muri RDC

Minembwe – Ku wa 1 Nyakanga 2025 Umutwe wa politiki n’impinduramatwara MRDP-Twirwaneho (Mouvement Républicain pour la Dignité du Peuple) watangaje impinduka zikomeye mu buyobozi bukuru bwayo, aho Prof. Freddy Rukema Kaniki yatorewe kuba Perezida w’Umutwe, ahabwa inshingano zo kuyobora urugamba rwo guharanira uburenganzira, ubumwe n’icyubahiro cy’Abanye Congo. Ibi byatangajwe mu Itangazo rusange nomero 001 yasohowe […]

Read More

FIFA Club World Cup: Amakipe yose azakina 1/4 yamaze kumenyekana nyuma y’uko Real Madrid na Borussia Dortumund nazo zikatishije itike

Mu ishoro ryakeye hasozwaga  1/8 imikino y’igikombe cy’Isi cy’amakipe gikomeje kubera muri Leta zunze ubumwe za Ameca, amakipe ako ari umunani yaraye amenyekanye yageze muri 1/4, ikipe ya Real Madrid yasezere ikipe ya Juventus iyitsinze igitego 1-0, naho ikipe ya Borusia Dortumund isezera ikipe ya Monterrey ku bitego 2-1. Umukino wabaye kare n’uwatangiye ku isa […]

Read More

Amerika Yahagaritse Kohereza Intwaro za Gisirikare muri Ukraine: Impungenge ku Mutekano w’Igihugu no ku bufatanye mpuzamahanga

Washington, D.C., 2 Nyakanga 2025 : Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yahagaritse zimwe mu ntwaro zari zarasezeranyijwe Ukraine, harimo n’izifite ubushobozi bwo kurinda ikirere nk’ibisasu bya Patriot, mu gihe Ukraine ikomeje kurwana n’intambara yatewe n’Uburusiya. Ibi byatangajwe nyuma y’isesengura ryakozwe na Minisiteri y’Ingabo (Pentagon), ryagaragaje ko hari ibura ry’ibikoresho by’ingenzi mu bubiko bwa […]

Read More

Davido amaze gutaramira mu bihugu bisumba iby’umugabane wose wa afurika

Umuhanzi Davido wo muri Nigeria ari gushyirwa mu bahanzi bakomeye muri afurika birenze uko yari asanzwe afatwa nyuma yo kugaragazwa nk’umuhanzi umaze gukorera ibitaramo mu bihugu byinshi ku isi. Ubusanzwe afurika umwe mu migabane minini uriho ibihugu birenga 50 ariko bitarenze 60 mugihe isi yose irimo ibihugu 195 nyamara uyu muhanzi we akaba amaze kugera […]

Read More

Trump na Elon Musk mu Ntambara y’Amagambo: Kutumvikana mu Bijyanye n’Ubukungu n’Imiyoborere

Washington D.C. / California – Tariki ya 1 Nyakanga 2025 – Donald Trump, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, na Elon Musk, umuherwe uyobora sosiyete nka Tesla na SpaceX, bongeye kwinjira mu makimbirane akomeye, aho bombi bashyamiranye ku ngingo zirebana n’ubukungu bw’igihugu, politiki y’imari, n’uburyo Amerika ikwiye kuyoborwa mu bihe biri imbere. Mu minsi […]

Read More