Elon Musk yagurishije Twitter / X ikigo cye cya AI
xAI ni sosiyete y’ubwenge buhangano (AI) yashinzwe na Elon Musk, yakoze ubwenge bwa Grok mu mpera za 2023. Ubu bwenge bwatangiye gukoreshwa ku rubuga rwa X nka Grok 3 mu…
xAI ni sosiyete y’ubwenge buhangano (AI) yashinzwe na Elon Musk, yakoze ubwenge bwa Grok mu mpera za 2023. Ubu bwenge bwatangiye gukoreshwa ku rubuga rwa X nka Grok 3 mu…
umuhanzi w’umunya amerika, Nelly yavuze impamvu yahisemo kubana nk’umugabo n’umugore na Ashanti. umuraperi w’umunya amerika Nelly yavuzeko impamvu yafashe umwanzuro akabana na ashanti nk’umugore we byeruye ari uko yifuzaga ko…
Shampiyo y’icyiciro cyambere hano iwacu mu Rwanda yari yasubukuwe ku munsi wayo 22 nyuma yok uva mu mikino y’amakipe y’ibihugu Mu mukino wabundiriye iyindi wakinywe kuri uyu wa 5 wari…
Umuramyi meddy yagaragaje ko yishimiye ukubona imfura k’umuryango wa the ben na pamela baherutse kwibaruka umwana yabo. akoresheje urubuga rwa instagram, umuramyi Ngabo medard jobert wamenyekanye nka Meddy mu muziki…
Ku wa 27 Werurwe 2025, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yagiranye ikiganiro n’abasirikare b’igihugu cye bakoresha ubwato butwara intwaro za nikleyeri bwitiriwe Arkhangelsk. Muri iki kiganiro, Putin yagaragaje ko ingabo…
Mu butumwa bwatangajwe kuri Signal, amakuru y’ibanga yerekeye ibitero byari gutegurwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika yaragiye hanze. Ubu butumwa bwari burimo amakuru akomeye nk’aho ibitero bizagabwa, ibikoresho bizakoreshwa,…
Mu Rwanda hatangijwe umushinga ugamije guhugura urubyiruko ibihumbi 20 ku bijyanye n’ikoranabuhanga, hagamijwe kubaha ubumenyi bwabafasha guhindura ubuzima bwabo. Iyi gahunda yashyizweho ku bufatanye bwa Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Innovation, Urugaga…
umuhanzi w’umwongereza, Ed Sheeran yavuze urwo yakunze umuhanzikazi Rihanna igihe yandikaga indirimbo zakunzwe mu muziki we. mu kiganiro The tonight show starring jimmy fallon,Ed Sheraan yahamije ko mugihe cye cyo…
Amakipe yo mu Cyiciro cya Mbere mu Bwongereza(Premier League) yatoye ko igihe cy’isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi mu mpeshyi kigabanywamo ibice bibiri aho cyari gisanzwe ari ibyumweru 12. Iki…
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Kenya (FKF) ryatangaje ko ryahagaritse umunyezamu Patrick Matasi mu gihe cy’amezi atatu (iminsi 90) nyuma yo gukekwaho kuba yaragize uruhare mu kugurisha imikino binyuze mu buryo…