Abafana ba Arsenal bo muri Afurika bagiye guhurira mu Rwanda mu birori byihariye
Ku nshuro ya gatandatu, iserukiramuco ry’abafana ba Arsenal babarizwa muri Afurika ryagarutse, bikaba biteganyijwe ko rikazabera mu Rwanda kuva ku itariki ya 18 Mata kugeza ku ya 20 Mata 2025.…




