Ayra Starr akomeza kuba intangarugero mu guhuza umuziki n’imideli.
Ayra Starr ni umwe mu bahanzi bakiri bato, ariko ufite izina rikomeye mu muziki no mu myambarire ku isi. Nubwo azwi cyane kubera injyana ya Afrobeats, imyambarire ye nayo yigaruriye…
Ayra Starr ni umwe mu bahanzi bakiri bato, ariko ufite izina rikomeye mu muziki no mu myambarire ku isi. Nubwo azwi cyane kubera injyana ya Afrobeats, imyambarire ye nayo yigaruriye…
Maurice Matheo ni umunyamideri w’Umunyarwanda ufite izina rikomeye mu ruganda rw’imideli. Yatangiye urugendo rwe nk’umushushanyi w’imyenda afite intego yo gushyira hanze imyambarire irambye kandi igaragaza umuco w’igihugu. Mu 2017, yashinze…
London Fashion Week izatangiza umwanzuro ukomeye wo kubuza ikoreshwa ry’imyenda ikozwe mu ruhu rw’inyamaswa zo mu gasozi guhera muri 2025. Iyi gahunda yatangajwe n’Inama y’Abashushanya Imideli ya Britani (British Fashion…
Franco Kabano ni umwe mu banyamideri b’ibyamamare mu Rwanda, akaba yaragize uruhare runini mu guteza imbere urwego rw’imideli mu gihugu. Yatangiye urugendo rwe mu mwuga wo kumurika imyenda, maze arushaho…
Moses Turahirwa ni umwe mu bahanzi b’imideli bamamaye mu Rwanda, akaba ari we washinze Moshions, ikirango gikora imyenda ifite umwihariko w’umuco w’Abanyarwanda. Moshions ikora imyenda yifashisha ibishushanyo n’ibikoresho byo mu…
Inama y’Iterambere ry’Ubucuruzi (Africa Trade Development Forum) izabera i Kigali, mu Rwanda, ku matariki ya 2 na 3 Ukuboza 2024. Iyi nama izahuza abayobozi b’ibihugu, abakora mu by’ubucuruzi, abanyamakuru, ndetse…
Rukundo christian uzwe ku izina chriss eazy ni umuhanzi amaze igihe kitarigito mumuziki umaze gufata imitima yabantu batari bacye. Uyu muhanzi kuwa 28/11/2024 niho yagiye kurubuga rukomeye mu gihugu (MIE)…
Mu nama y’Abakuru b’Ibihugu n’Ibihangange by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yabaye ku wa 29 Ugushyingo 2024 muri Arusha, Tanzania, Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir Mayardit, yashyikirijwe inshingano zo kuyobora…
Ku mugoroba wo ku itariki ya 29 Ugushyingo 2024, Davis D yataramiye abakunzi ba muzika mu gitaramo cy’amateka yise “Shineboy Fest”, cyabereye muri Camp Kigali. Iki gitaramo cyateguwe ku rwego…
Aborozi baturiye umugezi w’Akagera mu Murenge wa Matimba, Akarere ka Nyagatare, bagaragaje impungenge baterwa n’indwara y’Inkurikizi, iterwa n’isazi ya Tsetse. Iyi sumbika ikunze kwibasira abantu n’amatungo, ikomoka muri Pariki iri…