Ikoranabuhanga rishya rigiye gufasha abahinzi b’ibishyimbo n’ibirayi.

Ikoranabuhanga rishya ryatangijwe mu buhinzi bw’ibishyimbo n’ibirayi mu turere nka Nyabihu na Musanze rifasha abahinzi kongera umusaruro no kugabanya igihombo kiboneka mu mikorere idahwitse. Iri koranabuhanga rigamije gufasha abahinzi kumenya neza ifumbire ikwiye ku butaka bwabo, bifashishije ibikoresho biboneka mu gihugu birimo ifumbire y’imborera iva mu bisigazwa by’ibihingwa cyangwa ibindi bikoresho byoroshye kubona. Iyi gahunda […]

Read More

Perezida Kagame yitabiriye Isiganwa rya Formula 1 muri Qatar

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yitabiriye isiganwa rya Formula 1 Qatar Airways Grand Prix 2024 ku wa 30 Ugushyingo 2024, riri kubera i Doha muri Qatar. Iri siganwa ni kimwe mu bikorwa by’ingenzi bya shampiyona ya Formula 1, riri kugana ku musozo w’amarushanwa y’umwaka wa 2024. Yakiriwe ku kibuga cy’indege cya Hamad n’Umunyamabanga […]

Read More

Iyobokamana mu Mibereho ya Muntu: Umurage w’Ubumwe, Amahoro n’Umurongo w’Ubuzima.

Iyobokamana ni igice cy’ubuzima gifite uruhare rukomeye mu mibereho y’abantu, kuko cyibanda ku kwemera n’imyemerere ijyanye n’Imana cyangwa imbaraga zidasanzwe. Mu mateka y’ubumuntu, abantu bashakaga ibisobanuro ku byabazengerezaga nk’iremwa ry’isi, ubuzima nyuma y’urupfu, n’imbaraga zitagaragara ariko zigira uruhare mu buzima. Mu buryo butandukanye, iyobokamana ryabaye uburyo bwo gusubiza ibyo bibazo no gutuma abantu bagira icyerekezo […]

Read More

Ayra Starr akomeza kuba intangarugero mu guhuza umuziki n’imideli.

Ayra Starr ni umwe mu bahanzi bakiri bato, ariko ufite izina rikomeye mu muziki no mu myambarire ku isi. Nubwo azwi cyane kubera injyana ya Afrobeats, imyambarire ye nayo yigaruriye imitima y’abakurikira imyidagaduro n’imideli. Nubwo iyi myambarire ye itavugwaho rumwe na bamwe bavuga ko yambara utuntu tugufi cyane tuzwi nka mini-jipe, Ayra Starr we yerekana […]

Read More

Uruhare rwa “Matheo studio” mu ruganda rw’imideri hano mu Rwanda no mumahanga.

Maurice Matheo ni umunyamideri w’Umunyarwanda ufite izina rikomeye mu ruganda rw’imideli. Yatangiye urugendo rwe nk’umushushanyi w’imyenda afite intego yo gushyira hanze imyambarire irambye kandi igaragaza umuco w’igihugu. Mu 2017, yashinze uruganda rwe rw’imideli rwitwa Matheo Studio, aho akora imyenda yihariye, izwiho kuba igezweho kandi ifite umwihariko. Maurice Matheokandi mu minsi mike ishize yagiriye urugendo mu […]

Read More

London Fashion Week izatangiza umwanzuro wo kubuza ikoreshwa ry’imyenda ikozwe mu ruhu no mu mababa by’inyamaswa zo mu gasozi guhera muri 2025

London Fashion Week izatangiza umwanzuro ukomeye wo kubuza ikoreshwa ry’imyenda ikozwe mu ruhu rw’inyamaswa zo mu gasozi guhera muri 2025. Iyi gahunda yatangajwe n’Inama y’Abashushanya Imideli ya Britani (British Fashion Council) ni imwe mu ntambwe ikomeye mu rugendo rwo guteza imbere imyambarire irambye. London Fashion Week byo ibirori bya mbere by’imideli bizashyira mu bikorwa uyu […]

Read More

Franco Kabano umunyamideli wabigize umwuga

Franco Kabano ni umwe mu banyamideri b’ibyamamare mu Rwanda, akaba yaragize uruhare runini mu guteza imbere urwego rw’imideli mu gihugu. Yatangiye urugendo rwe mu mwuga wo kumurika imyenda, maze arushaho kumenyekana cyane kubera imishinga myinshi akoramo, ndetse n’imyambarire ye idasanzwe. Kabano si umunyamideri gusa, ahubwo ni n’umuyobozi w’umuryango w’abamurika imideli mu Rwanda, aho yagiye ashyiraho […]

Read More

INFARANSA Collection imurika mideri ryasize Moses Turahirwa ku rwego rushimishije.

Moses Turahirwa ni umwe mu bahanzi b’imideli bamamaye mu Rwanda, akaba ari we washinze Moshions, ikirango gikora imyenda ifite umwihariko w’umuco w’Abanyarwanda. Moshions ikora imyenda yifashisha ibishushanyo n’ibikoresho byo mu Rwanda, ikaba yarafashe izina ku rwego rw’igihugu ndetse ikagera no hanze y’igihugu. Moses yamenyekanye mu bihe bitandukanye, harimo no kwambika abantu b’ibyamamare ndetse n’abayobozi ku […]

Read More

U Rwanda rugiye kwakira Inama y’Iterambere ry’Ubucuruzi, izibanda kubucuruzi bukoresha ikoranabuhanga.

Inama y’Iterambere ry’Ubucuruzi (Africa Trade Development Forum) izabera i Kigali, mu Rwanda, ku matariki ya 2 na 3 Ukuboza 2024. Iyi nama izahuza abayobozi b’ibihugu, abakora mu by’ubucuruzi, abanyamakuru, ndetse n’abandi bafite inyungu mu guteza imbere ubucuruzi ku mugabane wa Afurika no ku isi hose. Intego nyamukuru y’iyi nama ni ukuganira ku buryo ikoranabuhanga ryaba […]

Read More

Umuhanzi Chriss Eazy nyuma yo gusohora indirimbo ye yise(Sambolela) yatangaje ko yasimbuye Bruce melody mu Rwanda kandi ko yemera ko ashishura indirimbo z’abandi.

Rukundo christian uzwe ku izina chriss eazy ni umuhanzi amaze igihe kitarigito mumuziki umaze gufata imitima yabantu batari bacye. Uyu muhanzi kuwa 28/11/2024 niho yagiye kurubuga rukomeye mu gihugu (MIE) rwu musore bita Irene Murindahabi, atangaza ko guhera uno munsi izina Bruce melody yakoreshaga Munyakazi rigiye kuba irya Chriss Eazy, yavuze agira ” kuba Bruce […]

Read More