Benjamin Netanyahu n’amateka ye mu buyobozi bwa Isiraheli n’ibirego aregwa muri iki gihe.

Benjamin Netanyahu ni umunyapolitiki ukomeye wa Isiraheli, akaba Minisitiri w’Intebe kuva mu 2022. Yabaye Minisitiri w’Intebe bwa mbere kuva 1996 kugeza 1999, ndetse yongeye kuyobora kuva 2009 kugeza 2021. Netanyahu ni we muyobozi wa Isiraheli umaze kuyobora igihe kirekire mu mateka y’iki gihugu, aho amaze imyaka irenga 17 kuri uwo mwanya. Ni umuyobozi w’ishyaka rya […]

Read More

Isabukuru y’Amabonekerwa y’i Kibeho ku nshuro ya 43, n’urugendo rw’iterambere muri ako gace

Kuri uyu kane, ku wa 28 Ugushyingo 2024, mu Karere ka Nyaruguru, habereye ibirori bikomeye byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 43 y’amabonekerwa ya Bikira Mariya i Kibeho. Aya mabonekerwa yihariye mu mateka ya Kiliziya Gatolika muri Afurika, yabaye ku wa 28 Ugushyingo 1981, ubwo Bikira Mariya yabonekaga bwa mbere ku banyeshuri batatu aribo: Mumureke Alphonsine, Mukamazimpaka […]

Read More

Perezida Paul KAGAME yakiriye aba ambasaderi bashya bagera kuri 11 muri village Urugwiro

Ku wa Gatatu, tariki ya 27 Ugushyingo 2024, Perezida Paul Kagame yakiriye impapuro z’ubutumwa bwa ba ambasaderi bashya baturutse mu bihugu bitandukanye, igikorwa cyabereye muri Village Urugwiro. Aba banyacyubahiro baje guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda, bagaragaza ubushake bwo gukomeza guteza imbere umubano mwiza hagati y’ibihugu bahagarariwe n’u Rwanda, ndetse no gushimangira ubufatanye mu nzego zitandukanye. […]

Read More

Amarira meshi n’agahinda kenshi mu gusezera kuri Nyirandama Chantal waguye mu mpanuka yabaye kuwa 24/11/2024, uyu muhango wabereye Gicumbi.

Kuruyu wa gatatu taliki ya 27/11/2024 mu Karere ka Gicumbi habaye umuhango wo gusezera Nyirandama Chantal. Uheruka gukora impanuka ari mu modoka coaster yerekeza mu karere ka Musanze, ubwo we nabagenzi be bari bitabiriye inama y’ umuryango wa FPR inkotanyi. Uyu muhango wabaye uyu munsi wabereye mukarere ka Gicumbi ahazwi nko kuri EAR Paroisse Cathedrale […]

Read More

Salman Khan wari warahungiye mu Rwanda nyuma y’ibyaha by’iterabwoba, yasubijwe iwabo mu buhinde

Kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2024, u Rwanda rwashyikirije Salman Khan intumwa z’u Buhinde nyuma yo gufatirwa mu gihugu kubera ibyaha akekwaho byakorewe muri icyo gihugu. Umushinjacyaha ku rwego rw’igihugu, Bwana Siboyintore Jean Bosco, yagaragaje ko Salman Khan ashinjwa ibyaha by’iterabwoba byakorewe mu Buhinde, aho nyuma yo kubikora yaje guhungira mu Rwanda. Yavuze ko Guverinoma […]

Read More

“Your Glory Lord 2024” Igiterane cyo Guhimbaza Imana Cyateguwe na Grace Room Ministries

Mu gihe habura umunsi umwe gusa, Grace Room Ministries, itorero riharanira kugarura abantu mu murongo w’ubuzima bwa gikristo, ryateguye igiterane cy’iminsi itatu cyiswe “Your Glory Lord 2024”. Iki giterane kizaba ku matariki ya 28 Ugushyingo kugeza ku ya 1 Ukuboza 2024 muri BK Arena i Kigali, kimwe mu bibuga byakira ibitaramo bikomeye mu Rwanda. Imiryango […]

Read More

Abahinzi bahinga icyayi ahazwi nk’ Ikibeho barifuza gufashwa no kugera kubindi bikorwa by’ Iterambere

Abahinga icyayi mukarere ka Nyaruguru bishimira cyane ko guhinga icyayi bibaha amafaranga, kandi ko ntacyo reta itabafasha kubijyanye no guhinga icyayi, ariko ko bakeneye nubundi bumenyi bwabahesha amafaranga atari akazi ko guhinga icyayi gusa. Abahinga icyayi barifuza gufashwa no kubindi bikorwa bibahesha iterambere. Barashima cyane umushinga wo guhinga icyayi ko haraho cyabagejeje,kandi ko bakomeje guhinga […]

Read More

Abakozi bagera kuri cumi numwe(11) basezeye akazi mukarere ka Nyamasheke

Abakozi bagera kuri 11 bo mukarere ka Nyamasheke bandikiye umuyobozi wa karere basaba gusezera akazi, nyuma yamakuru yamaze iminsi avugwa ko hari abakozi bashobora gukurwa mukazi mu karere ka Nyamasheke. Umuyobozi mukuru w’ Inama Njyanama wa karere ka Nyamasheke yatangaje ko aya makuru yayamenye, ariko avuga ko amakuru arambuye yatangazwa nu muyobozi w’ Akarere ka […]

Read More

Ibihugu bitandukanye byamaze gukunda drones ziramira abarenbye:lmyaka umunani (8) ya Zipline Rwanda.

Ni igitangaza ninabwo bwambere mu Rwanda no muri Afurika muri rusange byari bibaye, kuburyo ari kino gihugu cyibaye icyambere kuruyu mugabane, kandi cyambere kifashishije indege za drones za Gisivile mu kwifashiswa mugutwara ibintu. Zipline yatangiye kwagura ibikorwa byayo mu Rwanda kurwego rw’ Isi mu Kwakira 2016. Uyumushing ujya gutandira byatangiye hashakwa uburyo bakorana nibindi bihugu […]

Read More