Minisitiri w’ ubuzima mu Rwanda yatangaje ko uwapakiye sima muri Ambulance yahanwe, kandi ko ari icyaha.
AMBULANCE YAPAKIWEMO SIMA Kumbuga zitandukanye zi koranabuhanga hakomeje gucicikana amashusho y’ Imodoka yimbangukiragutaba izwi nk’ Ambulance ipakirwamo imifuka ya sima , bituma isakara hose kumbuga zitandukanye kubera ko yarigukoreshwa ibyo itagenewe. Bamwe mubaturage bavugako ari agasuzuguro no kudaha ibintu agaciro. Minisitiri Dr.Sabin Nsanzimana yatangaje akoresheje imbuaga ze cyane cyane kurubuga rwe rwa X ko uwabikoze […]