COP29: Inama y’Isi ku Mihindagurikire y’Ikirere Ibyemezo by’Ingenzi n’Ingamba z’Ibihugu mu Gukemura Iki Kibazo

Inama ya COP29 yabaye ku itariki ya 23 Ugushyingo 2024 mu gihugu cya Azerbaijan, ikaba yari inama mpuzamahanga yahuje abayobozi baturutse mu bihugu hafi 200. Iyi nama yari igamije guhangana n’imihindagurikire y’ikirere, aho ibihugu byasabye inkunga yo gufasha ibihugu bikennye byugarijwe n’ingaruka z’imihindagurikire, nka imyuzure, amapfa, n’ibura ry’umusaruro w’ibihingwa. Icyemezo kinini cyafashwe muri iyo nama […]

Read More

Rayon Sports yigaranzuye Gorilla FC mu mukino w’amateka muri Rwanda Premier League

Ku wa 24 Ugushyingo 2024, Kigali Pelé Stadium yakiriye umukino wahuruje imbaga, Rayon Sports itsinda Gorilla FC ibitego 2-0 mu mukino ufatwa nk’uwari urimo ishyaka rikomeye kubera guhatanira imyanya y’imbere muri shampiyona ya Rwanda Premier League. Ikipe zombi zifite ibara risangiye, ubururu n’umweru, zatumye umukino ufatwa nk’ugira ishusho ya “deribi”, uretse kuba atari amakipe yo […]

Read More

Inama Njyanama y’Akarere ka Rusizi yakiriye ubwegure bw’abayobozi batatu (3)

Kuri uyu wa gatandatu taliki 23 Ugushyingo 2024, Inama Njyanama y’Akarere ka Rusizi yakiriye ubwegure bw’abayobozi batatu b’akarere barimo Dr. Kibiriga Anicet wari Umuyobozi w’Akarere, Dukuzumuremyi Anne Marie wari Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, na Niyonsaba Marie Jeanne wari Umujyanama uhagarariye Inama y’Igihugu y’Abagore (CNF). Aba bayobozi bose basabye kuva ku mirimo yabo […]

Read More

Nyuma y’uko mu Rwanda baciye amashashi na prastic , Mu Rwanda hari uruganda rukora amashashi atangiza ibidukikije.

Inkuru dukesha igihe ivuga ko mu Rwanda hari uruganda rukora amashashi atangiza ibidukikije uru ruganda rukaba rwitwa Arth Biobags ni uruganda rwatangiye mu 2022 ,uruganda rwashowemo arenga million 10 z’amadolali, rukaba ruri mu byiciro by’iterambere rishya mu Rwanda mu bijyanye no kubungabunga ibidukikije. Uruganda rukora amashashi akozwe mu buryo butangiza ibidukikije. Inkuru dukesha igihe ivuga […]

Read More

Abakinnyi 2 babarizwa mu ikipe y’ u Rwanda muri basketball babujijwe kujya kurutonde rwabazakina bazira kutagira ibyangombwa muri”AfroBasketQ”.

Uyumunsi tariki 22/11/2024 mugihugu cya Senegal, ikipe yi igihugu cy’ u Rwanda mumukino wa basketball aho itangira urugamba rwo gushaka itike y’ igikombe cya afrika, ” FIBA Afrobasket 2025 qualifiers.” nubwo bikomeye murugendo nurugamba rwo gushaka itike y’ igikombe cya basketball umutoza utoza abakinnyi bu Rwanda yatangaje ko afite abakinnyi 12 bazakina mumikino igiye gutangira […]

Read More

Polisi yafashe abantu icumi(10) bakekwaho ubujura mu karere ka Nyamagabe

Mugitondo uyu munsi ku 22/11/2024 nibwo polisi yazindutse ishaka abantu bamaze iminsi bazengereza abaturage babasahura, mu karere ka Nyamagabe umurenge wa Gasaka ahazwi nka Nyamugari. Aba mubafashwe bari murugero rw’ imyaka 19-34 harimo igitsina gore ndetse na gabo, umwe mu gitsina gore niwe wabonetse uno munsi, iperereza riracyakorwa. aba bose bafashwe bafungiye kuri sitation ya […]

Read More

RwandAir yatangije ingendo z’ indege z’ubwikorezi bw’imizigo mu igihugu cy’ Zimbabwe

Urwanda rwatangije urugendo rw’ ubwikorezi rwimizigo mu kirere mu gihugu cya Zimbabwe. Bamwe mubanyarwanda bishimiye ubufatanye bwu Rwanda na Zimbabwe, kandi bizagira inyungu ikomeye cyane mubigendanye nu bucuruzi , kandi ko bizongera umusaruro ukomeye cyane mu gihugu cy’ Zimbabwe ndetse ni gihugu cy’ U Rwanda. naho abaturage ba Zimbabwe bishimiye ko RwandAir kuba yatangije ingendo […]

Read More

UR(University of Rwanda) igiye gushyiraho ibyumba bishyashya by’ikoranabuhanga no guhanga udushya, mu mashami yayo yose agize ikigo.

UR Kaminuza y’u Rwanda, Yatangaje ko yamaze kubona ubushobozi, bwo kubakakubaka ibyumba byikoranabuhanga ndetse no guhanga udushya kumashami yayo yose mu Gihugu cy’ U Rwanda. Kaminuza y’u Rwanda, Ishami ry’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga (UR-CST) hafunguwe icyumba cy’ikoranabuhanga no guhanga udushya (UniPod) gifasha abanyeshuri biga ibijyanye n’ikoranabuhanga gushyira mu ngiro ayo masomo. Ni amakuru UR yemeje ku wa […]

Read More

Umukinnyi ukomeye wabaye mu ikipe nkuru amavubi, Nzarora Marcel yakoze ubukwe na Brenda.

Nzarora Marcel wabaye umukinnyi (Umunyezamu) mu makipe akomye hano mu Rwanda, ndetse akanakinira ikipe y’Igihugu (Amavubi) y’Abatarengeje imyaka cumi nirindwi mu Gikombe cy’Isi cyabereye muri Mexique mu 2011, niho yerekanye umukunzi we Brenda. Mumpera z’icyumweru dusoje nibwo yerekanye umukunzi we, bubera mu gihugu cya Uganda aho ababyeyi ba Namugenyi Brenda batuye. ubukwe bwa Nzarora Marcel […]

Read More