APR FC yivuganye POLICE FC itangira guhumekera mu ibitugu bya Rayon Sport
Ni umukino wabaye ku itariki ya 2 Werurwe 2025, ikipe ya APR FC yatsinze Police FC ibitego 3-1 mu mukino w’umunsi wa 19 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda,…
Ni umukino wabaye ku itariki ya 2 Werurwe 2025, ikipe ya APR FC yatsinze Police FC ibitego 3-1 mu mukino w’umunsi wa 19 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda,…
Ibihembo bya Trace awards bikomeje kunengwa n’abakomeye kubera amakosa yakozwe mu itangwa ry’abyo yuzuye akavuyo n’ubunyamwuga buke. Nyuma y’uko ibyamamare bitandukanye byerekeje muri Tanzania ku kirwa cya zanzibar ahabereye itangwa…
ayon Sports FC yongeye kugorwa no kubona intsinzi nyuma yo kunganya na Gasogi United ubusa ku busa (0-0) mu mukino w’Umunsi wa 19 wa Shampiyona y’u Rwanda. Uyu mukino wakiniwe…
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryemeje ko Adel Amrouche ari we mutoza mushya w’ikipe y’igihugu Amavubi. Uyu mutoza ukomoka muri Algeria yahawe amasezerano y’imyaka ibiri, aho azaba yungirijwe na…
Akanama Mpuzamahanga gashinzwe amategeko y’umupira w’amaguru (IFAB) kamaze kwemeza itegeko rishya rigamije gukemura ikibazo cyo gutinza umukino, cyane cyane ku banyezamu. Kuva mu mwaka w’imikino wa 2025/26, umunyezamu uzarenza amasegonda…
Kuri icyi cyumweru, tariki ya 2 Werurwe 2025, ni bwo umufaransa Fabien Doubey ukinira TotalEnergies yegukanye isiganwa mpuzamahanga ry’amagare, Tour du Rwanda 2025. Uyu musore yegukanye iri siganwa nyuma yo…
Kiyovu Sports FC yari imaze amezi atatu itabona insinzi, ariko kera kabaye, yabashije gutsinda Gorilla FC mu mukino w’Umunsi wa 19 wa Shampiyona y’u Rwanda, bibaha icyizere cyo kuva mu…
Urukundo rwa Burna boy n’umukunzi we rwarwaniyemo imbwa nyuma y’igihe baryohewe n’umubano. Nyuma y’igihe kitarenze ukwezi umuhanzi w’umunya Nigeria Burna boy aryohewe n’urukundo n’umuhanzikazi w’umunya Amerika chloe Bailey, ibyabo byongeye…
Nahom Araya, ukinira ikipe y’igihugu ya Eritrea, ni we wegukanye agace ka gatandatu ka Tour du Rwanda 2025, kavuye Nyanza kerekeza Kigali kuri Canal Olympia ku ntera ya kilometero 131.5.…
Uwahoze ari umutoza wa Kenya, Adel Amrouche, yamaze kumvikana n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) na Minisiteri ya Siporo, aho agiye gutoza Amavubi. Amakuru aturuka mu buyobozi bwa FERWAFA avuga…