Perezida Kagame yasabye abayobozi ba EAC na SADC gufata ingamba zihamye ku kibazo cy’intambara muri RDC.
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko intambara iri kubera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ari intambara ishingiye ku moko, imaze igihe kirekire kandi igira ingaruka ku Rwanda. Yavuze ko…




