Urugamba rwo kurwanya SIDA rukeneye uruhare rwa buri wese mu kurengera ubuzima bw’abantu by’umwihariko urubyiruko.
Ku munsi mpuzamahanga wo kurwanya SIDA wizihizwa ku ya 1 Ukuboza 2024, ahantu hatandukanye mu Rwanda habaye ibikorwa bigamije kongera ubukangurambaga bwo kwirinda Virusi itera SIDA, cyane cyane mu rubyiruko.…




