CECAFA Kagame Cup 2025: APR FC yatsinze Bumamuru FC ibitego 2-0 k’umukino wa mbere
Ikipe ya APR FC yabonye amanota atatu ya mbere mu irushanwa rya CECAFA Kagame CUP 2025, nyuma yo gutsinda Bumamuru FC yo mu Burundi ibitego 2-0. Kuri uyu wa gatatu…
Ikipe ya APR FC yabonye amanota atatu ya mbere mu irushanwa rya CECAFA Kagame CUP 2025, nyuma yo gutsinda Bumamuru FC yo mu Burundi ibitego 2-0. Kuri uyu wa gatatu…
Umuramyi Hope yongeye gukora mu nganzo akora indirimbo nshya nyuma y’amezi make ashyize hanze indi ndirimbo ye yari yise my love yakiriwe neza n’abakunzi be n’umuziki wo kuramya no guhimbaza…
Kuri uyu wa gatatu guhera ku isaha ya sasita zuzuye za hano mu Rwanda biraba ari sasaba za Dar es Salaam muri Tanzania ikipe ya APR FC iratangira imikino ya…
IIyi kipe y’igihugu ‘Amavubiu’ yahagurutse ku kibuga cy’indege i Kanombe mu gitindo cyo k’umunsi w’ejo hashize ku wa kabiri, aho yerekeje mu mujyi wa Uyo muri Nigeria gukina n’ikipe y’Igihugu…
Washington, D.C., 2 Nzeri 2025 — Perezida Donald Trump yatangaje ko U.S. Space Command (SPACECOM), ubuyobozi bwa gisirikare bushinzwe kugenzura ibikorwa byo mu isanzure, buzava Colorado Springs, Colorado bukimurirwa Huntsville,…
Twakoze iperereza ryimbitse dukoresheje ubuhamya bw’abantu n’ibitangazamakuru bitandukanye, dushaka kugaragaza ubuzima bwa Félix Antoine Tshisekedi, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mbere y’uko ajya mu bya politiki. Abatamuzi…
Ikipe ya Rayon Sport yifatiye Vipers yo muri Ugandanda mzae iyitsindira ku itara ry’inyamirambo ibitego 4-1 mu mukino wa gicuti wabaye kuri uyu wa mbere. Kuri uyu wa mbere tariki…
Nyuma y’inama ya SCO Summit, Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi, n’Umukuru w’Igihugu cy’u Burusiya, Vladimir Putin, bagaragaye bari kumwe mu modoka berekeza ahabereye ibiganiro byabo byihariye. Modi yatangaje ko…
Manchester City na Paris Saint-Germain zamaze kumvika hagati yazo k’umunyezamu w’Umubigi Gigio Donnarumma kuri Miliyoni €35m. Nyuma y’uko Gigio Donnarumma afashije ikipe ya PSG kweguka igikombe cya UEFA Champion League,…
Nyuma y’igihe kinini byaragoranye noneho cyera kabaye ikipe ya Newcastle yemeye kurekura rutahizamu Alexander Isak kuri miliyoni £130 yerekeza muri Liverpool. Umunya Suweden Alexander Isak nyuma y’igihe kinini yarigumuye ku…