APR BBC yegukanye umwanya wa 3 muri BAL 2025
APR BBC yari ihagarariye u Rwanda mu mikino ya nyuma y’Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL 2025) yegukanye umwanya wa Gatatu nyuma yo gutsinda Al Ittihad yo Misiri amanota 123-90.…
APR BBC yari ihagarariye u Rwanda mu mikino ya nyuma y’Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL 2025) yegukanye umwanya wa Gatatu nyuma yo gutsinda Al Ittihad yo Misiri amanota 123-90.…
Igihugu cya afurika y’epfo nicyo kogaragazwa Imbere mu bihugu bifite inganda Nini zagutse muri afurika muri 2025. Ibi bivuze ko ibihugu biri kuri uri rutonde aribyo biteye imbere mu bijyanye…
Tehran, Iran – tariki ya 13 Kamena 2025-Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, Leta ya Israel yatangije igitero cya gisirikare ku murwa mukuru wa Iran, Tehran, mu gikorwa cyiswe…
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru, #Rwanda #PremierLeague izatangira tariki ya 15/08/2025 umunsi mukuru Bikiramariya azaba yasubiye mi ijuru, uwo munsi ukaba aba ari n’ikiruhuko. nkuko byatangajwe n’ishyirarahamwe ry’umupira…
Uko Ubukungu bw’ibihugu buzamuka ni nako amafaranga akoreshwa mo azamura agaciro ku isoko ry’ivunjisha. Ngibi ibihugu bifite amafaranga Afite agaciro ko hejuru mu bihugu byo muri afurika n’amazina yahawe. Amafaranga…
Umuhanzi w’umunya Nigeria Burnaboy uherutse kugura imodoka ya Miliyari zirenga 2 hamaze kugaragara igiciro gihanitse cy’imodoka amaze kwibikaho dore ko imodoka ari kimwe mu byo akunda anamaze kwibikaho nyinshi. uyu…
Muhire Kevin wari usanzwe ari Kapiteni wa Rayon Sport nkuko byatangajwe n’ikipe ya Jamus FC yo muri Sudani y’Epfo ibinyujije ku mbuga nkoranya mbaga zayo aho yararitse abafana bayo kuza…
Umuhanzi w’umunya Nigeria Chella usigaye ari mu bagezweho muri iyi minsi mu muziki wa afurika kubera indirimbo ye nshya yise My darling n’umunya Tanzania Marioo uri mu bihe byiza kubera…
Umuhanzi Runup uri gushaka aho amenera mu muziki w’u Rwanda akomeje kwereka abantu ko umuziki yawujemo akomeje nyuma yo gukora ibitamenyerewe kuri YouTube akaba yongeye kugaruka ku rutonde rw’abahanzi bahagaze…
Ibihugu nk’ububiligi,Leta zunze ubumwe za Amerika nibyo bihugu bikuru mu bigize umuryango wa NATO washizweho ku ntego yo gufashanya mu ibyumutekano. Uyu muryango wa NATO kugeza ubu urimo abanyamuryango barenga…