Kevin De Bruyne yamaze gusinyira ikipe ya Napoli
Kuri uyu wa kane nibwo umubiligi Kevin De Bruyne nyuma y’imya igera ku icumi akinira ikipe ya Manchester City yamaze gusinya amasezerano y’imyaka ibiri muri Napoli iheruka gutwara igikombe cya…
Kuri uyu wa kane nibwo umubiligi Kevin De Bruyne nyuma y’imya igera ku icumi akinira ikipe ya Manchester City yamaze gusinya amasezerano y’imyaka ibiri muri Napoli iheruka gutwara igikombe cya…
Umujyi wa lagos muri Nigeria ugaragazwa nk’umujyi wa mbere muri afurika mu mijyi y’ibihugu bitandukanye byo kuri uyu muhabane wa afurika ibamo abagenzi benshi bamara igihe kinini mu muhanda binatwara…
Ahmedabad, 12 Kamena 2025 – Indege ya sosiyete y’igihugu ya Air India, yari itwaye abantu 242, yahanutse hashize igihe gito ivuye ku kibuga cy’indege cya Sardar Vallabhbhai Patel i Ahmedabad,…
Kyiv, Ukraine – Mu ntambara igikomeje hagati ya Ukraine n’Uburusiya, habaye igitero gikomeye cyiswe “Decisive Blow” aho Ukraine yateye igisirikare cy’Uburusiya, igasenya amasisteme akomeye yo kurinda ikirere afite agaciro ka…
Urwenya ni kimwe mu bikorwa bibarizwa mu myidagaduro biri gutera imbere bikanateza imbere abibikora haba mu Rwanda ndetse no mu bindi bihugu by’amahanga. Mu kugereranwa kwabo hashingirwa k’ubuhanga n’ubushobozi aho…
Ibihugu nka Chad na Nigeria ni bimwe mu bihugu biri ku isonga mu kugira ababituye bafite ikizere gike cyo kubaho muri uyu mwaka wa 2025. Urebye ku rutonde rw’ibi bihugu…
Amwe mu makipe atandukanye yatangiye gushyira hanze abakinnyi azifashisa mu gikimbe cy’cy’Isi cy’Amakipe kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuva tariki ya 14 Kamena kugeza ku ya 13 Nyakanga…
APR BBC yatsinzwe na Al Ahli Tripoli yo muri Libya amanota 84-71, inanirwa kugera ku mukino wa nyuma w’Irushanwa Nyafurika muri Basketball, #BAL5, riri kubera muri Afurika y’Epfo. nyuma yo…
Rutahizamu w’umunya Suwede w’imyaka 27 y’amavuko Viktor Gyökeres ukomeje kuvugwa cyane ku isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi dore ko yagiye avugwa mu makipe menshi ko amaushaka cyane yamaze kubwira ikipe ya…
Kinshasa, RDC — Politiki ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irimo kunyura mu bihe bikomeye, aho umutekano muke, intambara mu burasirazuba bw’igihugu, n’impaka za politiki hagati y’ubutegetsi bwa Perezida Félix…