Burnaboy yaguze imodoka itunzwe n’abantu mbarwa
Umuhanzi w’umunya Nigeria Daamini Ebonoluwa Ogulu umaze kubaka izina nka Burnaboy mu muziki yaguze imodoka ihenze cyane ku buryo itunzwe n’abantu bake cyane ku isi yose. Ku munsi wo kuwa…
Umuhanzi w’umunya Nigeria Daamini Ebonoluwa Ogulu umaze kubaka izina nka Burnaboy mu muziki yaguze imodoka ihenze cyane ku buryo itunzwe n’abantu bake cyane ku isi yose. Ku munsi wo kuwa…
NATO ni umuryango umaze kubaka ubudahangarwa mu isi cyane kubera intego yayo nk’ibihugu bibarizwa muri uyu muryango aho bihuriye ku gufashanya mu bijyanye n’umutekano na Politiki. Bwa mbere NATO yatangijwe…
Nyuma yo kwemeza ubukwe bwabo umuhanzi Diamond platnumz na Zuchu baryohewe n’ibihe barimo byuzuye umunezero usendereye nk’uko badahwema kubigaragariza abantu ku mbuga nkoranyambaga. Ni mu mashusho yagaragaye aba bombi bishimanye…
Goma, RDC –Kugaruka kwa Joseph Kabira wahoze ayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, mu mujyi wa Goma uri mu maboko y’umutwe wa M23 ryateje impaka zikomeye hagati y’impande za politiki,…
Umugabo w’umunya-Argentine Miguel Angel Gamondi watoje amakipe agiye akomeye hano iwacu muri Africa arimo nka USM Algeria na Young African yo muri Tanzania hatagizwe iginduka bidasubirwaho niwe ushobora kuza kugirwa…
Abantu benshi ntibajya babitekerezaho cyane ariko mu bice bitandukanye by’isi haba amazina yahiswemo aba atari rusange agahabwa ubudahangarwa bwo kwiharirwa n’ababanje kuyahabwa bitewe n’icyubahiro bafite muri rubanda. Muri ayo mazina…
Umuraperi Kendrick lamar yaraye atwaye ibihembo byinshi muri Bet awards byaraye bitanzwe mu ijoro rigana kuwa 10 Kamena 2025. Ni ibihembo bikomeye mu bitangwa ku isi mu bijyanye n’imyidagaduro by’umwihariko…
Los Angeles, Leta Zunze Ubumwe za Amerika – Ku wa 6 n’uwa 7 Kamena 2025, ibikorwa bya ICE (Urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka) byo gufata abimukira batari bafite ibyangombwa byemewe, byabaye…
Abahanzi b’abanyarwanda Olimah na Runup bari mu bahanzi bari kwihuta mu muziki mi gihe gito bamaze bawujemo ibidasanzwe ku banyamuziki mu Rwanda. Ukuzamuka k’urwego rw’aba bahanzi kugaragaye nyuma y’uko nyuma…
Umuhanzikazi Black Pink ahagarariye abahanzikazi Bose ku isi mu njyana zitandukanye bakurikirwa n’abantu benshi kuri Shene zabo za YouTube. Ni Urutonde rutagaragaraho abaraperikazi nka Nick Minaj na Card B bazwi…