Viktor Gyökeres’ yamaze kubwira andi makipe yamushakaga ko adahari ahubwo yamaze kumvikana n’ikipe ya Arsenal
Rutahizamu wumunya-Suède Viktor Gyökeres’ yamaze kubwira andi makipe yose yamwifuzaga ko agomba kugenza gake kuko ngo we ashaka kwerekeza mu ikipe ya Arsenal yewe ngo n’ibiganiro bigeze kure cyane n’igihe agomba gusinya muri iyi kipe cyamaze kumviaknywa ku mpande zombi. Nkuko umunyamakuru Fabrizio Romano abitangaza ngo k’umunsi w’ejo uyu musore Viktor Gyökeres’ yagiranye ikiganiro kuri […]