Viktor Gyökeres’ yamaze kubwira andi makipe yamushakaga ko adahari ahubwo yamaze kumvikana n’ikipe ya Arsenal

Rutahizamu wumunya-Suède Viktor Gyökeres’ yamaze kubwira andi makipe yose yamwifuzaga ko agomba kugenza gake kuko ngo we ashaka kwerekeza mu ikipe ya Arsenal yewe ngo n’ibiganiro bigeze kure cyane n’igihe agomba gusinya muri iyi kipe cyamaze kumviaknywa ku mpande zombi. Nkuko umunyamakuru Fabrizio Romano abitangaza ngo k’umunsi w’ejo uyu musore Viktor Gyökeres’ yagiranye ikiganiro kuri […]

Read More

Drake yagarutse mu byamamare bifite Indege zihenze

Umuhanzi w’umunya Amerika Drake Ari mu ibyamamare bifite Indege zihenze ku isi mu mwaka wa 2025 ku rutonde ruyobowe n’umukire Ibrahimovic wahoze ayobora ikipe ya Chelsea yo mu bwongereza. Umuherwe Roman Abrahimovic w’umurusiya uyoboye Urutonde rw’abakomeye bazwi mu myidagaduro mu ngeri zitandukanye ku isi Afite Indege ya Boeing 787-8 Dreamliner ihagaze Miliyoni 350 z’amadorali. Ku […]

Read More

Umunyezamu w’Umunya-Mali, Drissa Kouyaté yamaze gisinya amasezerano y’imyaka ibiri muri Rayon Sport

Kuri icyi Cyumweru tarki ya 6 Nyakanga 2025 ikipe ya Rayon Sport yasinyiye Sports amasezerano azageza mu mpeshyi yo mu 2027 Umunye-Mali Drissa Kouyaté warumaze iminsi ari I Kigali yaraje kurangizanya n’ikipe yamabara ubururu n’umweru. Nkuko iyi kipe ya Rayon Sport mu mafoto yashize agaragaza ko yamaze gusinnyisha uyu muzamu warumaze icyumweru ari mu Rwanda […]

Read More

Gen Mubarakh Muganga yabwiye kapiteni wa APR FC Niyomugabo Cloude ntihakagire ikipe izongera kubahumekera mubitugu

Gen Mubarakh Muganga yabwiye kapiteni wa APR FC Niyomugabo Cloude ndetse n’abandi bakinnyi bose ko nabo ari ingabo z’igihugu kandi ko mu muco w’ingabo z’u Rwanda zihanaganira gutsinda ntawuzihumekera mu bitugu, yababwiye ko biriya bintu byo kubahumekera mubitugu Atari byiza nat nubwo ari byo biranga ingabo z’u Rwanda, yarashatse kuvuga kubyo gutwara ibikombe andi makipe […]

Read More

Ayatollah Ali Khamenei agaragara bwa mbere mu ruhame kuva intambara ya Israel na Irani yatangira

Umuyobozi w’ikirenga wa Irani, Ayatollah Ali Khamenei, yongeye kugaragara mu ruhame ku nshuro ya mbere kuva hatangira intambara hagati ya Irani na Israel, mu kwezi gushize. Khamenei, w’imyaka 86, yitabiriye umuhango wo kwibuka Ashoura, wabereye mu musigiti wa Imam Khomeini i Tehran, ku wa Gatandatu tariki ya 5 Nyakanga 2025. Ibi byabaye nyuma y’icyumweru kirenga […]

Read More

Elon Musk yashyizeho ishyaka rishya rya politiki “America Party” kugira ngo asubize abaturage ijambo

Ku wa Gatandatu tariki ya 5 Nyakanga 2025, umuherwe n’umushoramari Elon Musk yatangaje ishingwa ry’ishyaka rishya rya politiki yise “America Party”, rifite intego yo kugarura ijwi ry’abaturage no guhangana n’uburyo politiki isanzwe ikora muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Abinyujije ku rubuga rwe rwa X (rwahoze ari Twitter), Musk yavuze ati: “Abaturage bashaka ishyaka rishya […]

Read More

Mauritius nicyo gihugu gifite abafite ubumenyi bwo hejuru benshi muri afurika

Igihugu cyo mu birwa bya Mauritius ni igihugu cya mbere mu bya mbere biyoboye Urutonde rw’ibifite ababituye bihagije ku bumenyi ku mugabane wa afurika. Nubwo benshi bakunda gushaka ubumenyi mu bihugu byo mu bindi bice by’umugabane wa afurika ntibafate Umwanya wo kujya mu bihugu bisa n’ibikikijwe n’amazi,muri aka gace niho hakungahaye ku abanyabumenyi mu byiciro […]

Read More

FIFA Club World Cup: Paris Saint-Germain yabonye amakarita abiri atukura yakatishije tike ya 1/2 nyuma yogutsinda Bayern munich ibitego 2-1

Imikino y’igikombe cy’Isi cy’Amakipe gikomeje kubera muri Leta zunze ubumwe z’America aho bageze muri 1/4 cyirangiza, kuri uyu munsi nibwo twamenye indi kipe yamaze kubona tike, PSG yo m’Ubufaransa yasezereye ikipe ya Bayern Munich iyitsinze ibitego 2-0, kandi nyamara yahawe amakarita abairi atukura. wari umukino warutegerejwe n’abantu benshi kubera ko aya makipe yombi n’amwe mu […]

Read More

Hamas Yemeye Amasezerano yo Guhagarika Intambara mu Minsi 60 Ashyigikiwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Washington, 5 Nyakanga 2025 – Hamas, umutwe w’inyeshyamba ukorera muri Gaza, wemeye igitekerezo cyo guhagarika intambara mu gihe cy’iminsi 60, hagamijwe gutegura ibiganiro bizaganisha ku kurangiza burundu intambara imaze igihe hagati yawo na Leta ya Israel. Ibi bije nyuma y’uko Amerika, Misiri na Qatar byongera imbaraga mu guhagarika umwiryane mu Burasirazuba bwo Hagati. Leta Zunze […]

Read More

Abakinnyi batandukanye barimo abakinanaga na Diogo Jota muri ikipe ya Liverpool n’Ikipe y’Igihugu ya Portugal, bitabiriye umuhango wo kumusezeraho bwa nyuma muri Igreja de Matriz.

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Nyakanga 2025 Abakinnyi batandukanye barimo abakinanaga na Diogo Jota muri ikipe ya Liverpool n’Ikipe y’Igihugu ya Portugal, bitabiriye umuhango wo kumusezeraho bwa nyuma wabereye muri Igreja de Matriz. Kapiteni wa Liverpool, Virgil Van Dijk, umunyezamu Caoimhin Kelleher n’umutoza Arne Slot bari mu babanaga na Jota baje kumuherekeza we […]

Read More