Afuganisitani yanze icyifuzo cya Donald Trump cyo gusubiza Ingabo za Amerika ku kigo cya gisirikare cya Bagram, ivuga ko ari ukwivogereza k’ubusugire bwayo
KABUL – Leta ya Afuganisitani yamaganye bikomeye amagambo aherutse gutangazwa na Perezida Donald Trump asaba ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasubira ku kigo cya gisirikare cya Bagram, kizwiho kuba…




