Zabagize abaherwe: Ngizi Filime Zinjije akayabo k’amafaranga mu byumweru bya mbere zigisohoka
Kimwe mu bikorwa byo ku isi bifasha abantu kwidagadura no kuryoherwa n’ibihe harimo na Filime zaba uruhererekane cyangwa izirangira. Nubwo bamwe bafata umwanya wabo bareba Filime zitandukanye abandi niko bamara…




