2025 ishobora kuba umwaka w’amateka ku muraperi Bad Bunny mu muziki
Umuhanzi Bad Bunny wo muri leta zunze ubumwe za amerika ukora mu injyana ya RAP akomeje kugeza umuziki we ku rwego rukomeye cyane,ibiri gutera benshi kwibaza aho imibare ye izagera…
Umuhanzi Bad Bunny wo muri leta zunze ubumwe za amerika ukora mu injyana ya RAP akomeje kugeza umuziki we ku rwego rukomeye cyane,ibiri gutera benshi kwibaza aho imibare ye izagera…
Iyo igihe cy’itumba kigeze ikirere kirahinduka imbeho igatangira kwiyongera,ibiti bigatakaza amababi,maze n’ubuzima bwacu bukenera guhinduka mu buryo tubaho no mu buryo turya.Uyu niwo mwanya mwiza wo kwita ku kurya imbuto…
Presida wa Repulika y’U Rwanda Poul Kagame yashimiye abanyarwanda, abanyamakuru ndetse n’inzego z’umutekano z’atumye shampiyona y’Isi y’Amagare yarimaze icyumweru iri kubera hano mu Rwanda igenda neza. K’umunsi w’Ejo ku cyumweru…
Ubushongore bw’umuhanzi Davido wo muri Nigeria bukomeje gutumbagira kubera imibare ye kuri alubumu ze n’indirimbo bikomeje kwiyongera ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye nka Youtube Music na Spotify. Nyuma yo gushyira hanze…
Pyramids FC yageze mu Rwanda aho ije gukina na APR FC mu mukino ubanza w’ijonjora rya mbere rya CAF Champions League uzaba kuri uyu wa Gatatu saa munani z’amanywa. Urutonde…
Ikipe ya Arsenal yabonye amanota atatu agoye nyuma yo gutsinda ikipe ya Newcastle United ibitego 2-1 mu mukino w’unsi wa gatandatu wa shampiyona y’Ubwongereza. Ikipe ya Alsenal yari yasuye ikipe…
Umunya-Slovenia , Tadej Pogačar warusanzwe nubundi ubitse shmpiyona y’Isi y’amagare y’umwa ushize yakuye i Zurich mu Busuwisi yonjye gukorera amateka i Kigali yeguna Shampiyona y’Isi y’amagare 2025 yarimaze icyumweru ikinirwa…
Kuei uyu icyi cy’umweru haraza kuba hakomeza gukinywa shampiyona y’Isi yo gusiganywa ku magare , haraza kuba hakinywa umunsi wayo wanyuma. Shampiyona y’Isi yo gusiganywa kumagare yarimaze icyumweru ibera hano…
Ikipe ya Rayon Sport yasezerewe na Singida Big Stars yo muri Tanzania mu ijonjora rya mbere rya CAF Confederation Cup nyuma yo kuyitsinda ibitego 2-1 mu mukino wo kwishyura byose…
Ikipe ya Atlético de Madrid yazukiye ku ikipe ya Real Madrid iyitsinda ibitego 5-2 mu mukino wa La Liga wabaye kuri uyu wa gatandatu. Kuri uyu wagatandatu Tariki ya 27…