Ramaphosa Ntazatezuka: Yiyemeje Guhuza Abanya-Afurika y’Epfo Nubwo Abamurwanya Bakomeje

Johannesburg, Afurika y’Epfo – Ku wa 5 Nyakanga 2025 Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yatangaje ko gahunda ya “National Dialogue” igamije kunga ubumwe bw’igihugu izakomeza, nubwo ishyaka bafatanyije muri guverinoma ya coalition, uMkhonto weSizwe (MK), ryatangaje ko ritazayigiramo uruhare. Iyi gahunda ni igice cy’amasezerano Ramaphosa yatanze mu gihe cy’amatora y’igihugu yabaye muri Kamena 2024, […]

Read More

APR FC yamamaze kumvika na Rutahizamu William Mel Togui ukomoka muri Côte d’Ivoire

APR FC igiye gusinyisha  Rutahizamu  mpuzamahanga William Mel Togui ukomoka muri Côte d’Ivoire wari usanzwe ukina mu ikipe Ankara Keçiörengücü ya yo mu cyiciro cya Kabiri muri Turkeya. Biteganyijwe ko uyu rutahizamu William Mel Togui agomba kuzashira umuko kumasezerano y’imyaka ibiri ubwoaza ageze I Kigali, ibyo kuba APR FC yaramaze kumvikana n’uyu rutahizamu igisigaye arukugera […]

Read More

FIFA Club World Cup: Chelsea yageze muri 1/2 aho izacakirana na Fluminense, PSG na Bayern Munch baraza gutana mu mitwe kuri uyu wa Gatandatu.

Mu ijoro ryakeye imikino y’igikombe cy’Isi cy’Amakipe gikomeje kubera muri Leta zunze ubumwe za America cyakomeza imikino igeze muri 1/4, aho ikipe ya Flomininse yo muri Brazil yageze mui 1/2 nyuma yo gutsinda Al Hilal yo muri Saudi Arbia ibitego 2-1, naho ikipe ya Chealse nayo yageze muri 1/2 nyuma yo gutsinda ikipe ya Palmeiras […]

Read More

Menya ibihugu by’uburayi bifite ijambo mu ibihugu byinshi muri afurika

Ibihugu birimo ubwongereza n’ubufaransa nibyo bihugu byihariye umubare mwinshi w’ibihugu byabereye aba koloni muri afurika aho byihariye kimwe cya kabiri cy’ibigize uyu mugabane. Ubusanzwe afurika igizwe n’ibihugu 55 aho kimwe cya kabiri cyabyo bifitwemo ijambo rikomeye n’ibi byo mu burayi byiyubatse ku rwego rwiza mu bijyanye n’umutekano ndetse n’ubuhanga mu bijyanye na tekinoloji. Ngibi ibihugu […]

Read More

Umunye-Ghana Thomas Partey akurikiranyweho ibyaha 5 birimo gufata abagore Batatu kungufu

Umunye-Ghana Thomas Partey umwe mubakinyu baba Ny’Africa bakomeye uzanzwe ukinanira ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza kurubungu akurikiranyweho icyaha gikomeye cyane birimo gufata ku ngufu abagore batatu no guhohotera ku mubiri undi mugore wa Kane. Uyu mukinyi uherutse kurangiza amasezerano ye muri Arsenal kuri ubungubu ufite imyaka 32 y’amavuko, arashinjwa ibyaha bigera kuri bitanu byo […]

Read More

Menya ibihugu biteye ubwoba kubibamo muri afurika

Ibihugu nka afurika y’epfo na Angola biri imbere mu bihugu biteye ubwoba kubibamo ku rutonde rushya rwa 2025. Kuri uru rutonde ibihugu biriho byiganjemo ibifite ubuso bunini bishyiraho ibice binini by’amashyamba akuririza inyamaswa ziri mu zishyira ibi bihugu mu biteye ubwoba abantu kubituramo kubera inkazi z’inyamaswa zibamo haba mu mashyamba,Inzuzi z’amazi n’ibindi bice bitandukanye. Nigeria […]

Read More

Uburayi Burimo Impinduka: Amatora n’Amashyaka Mashya Biri Guhindura Isura ya Politiki Ku Mugabane W’Uburayi

Ibihugu by’Ubumwe bw’u Burayi birimo kwinjira mu gihe cy’impinduka zikomeye muri politiki, aho amatora ari kuzana amashyaka mashya ku isonga, imikoranire y’ibihugu irimo kuvugururwa, ndetse n’ubufatanye bwa EU burimo guhura n’imbogamizi. Mu Budage, ishyaka rya AfD (Alternative für Deutschland), rizwiho gukomera ku bitekerezo bikarishye ku bimukira no gushidikanya ku bufatanye bw’Uburayi, riragenda rikundwa cyane. Ririmo […]

Read More

Ukwezi gushize kwa Kamena kwagaragaje ubuhanga bwisumbuye ku bahanzi nyarwanda

Abahanzi nyarwanda batandukanye bagiye bashyira hanze Indirimbo Nshya ku kwezi kwa Gatandatu gushize kwa 2025 bagiye bagaragaza ubwisumbure ku inganzo aho abenshi muri bo bari banyotewe n’abakunzi babo kubera igihe cyari gishize batigaragaza mu ndirimbo Nshya. Uyu munsi tugiye kugaragaza abahanzi nyarwanda bakoze mu inganzo muri kamena bagashyira hanze amashusho y’indirimbo zabo nshya nuko zagiye […]

Read More

Minisitiri w’Intebe w’Ubuhinde Narendra Modi yatangiye urugendo rw’amateka ku migabane itandukanye

Minisitiri w’Intebe w’Ubuhinde, Narendra Modi, yatangiye urugendo rwa dipolomasi rw’amateka ruzamara iminsi umunani, aho azasura ibihugu bitanu byo ku migabane itandukanye. Ni rwo rugendo rwe rurerure kurusha izindi yakoze kuva yagera ku butegetsi mu 2014. Uru rugendo rufite intego yo gushimangira umubano w’Ubuhinde n’ibihugu byo muri Afurika, Amerika y’Epfo, no karere k’abarabu, ndetse no kurushaho […]

Read More

Umunyabigwi mu muziki Angelique Kidjo na Davido nibo bahanzi bo muri afurika bamaze gutaramira mu bihugu byinshi

Umunya Benin Uba mu bufaransa Angelique Kidjo na Davido wo muri Nigeria bamaze kuba abahanzi bo muri afurika bagejeje ku mubare munini wo gutaramira mu bihugu byinshi ku isi yose kuva batangira umuziki kugeza mu mwaka wa 2025. Uyu munya Benin utajya yiburira uduhigo dukomeye mu muziki haba mu gukurikirwa na benshi ku mbuga nkoranyambaga […]

Read More