Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abangavu batarengeje imyaka 20 yerekeje muri Nigeria gukina umukino wo Kwishyura wo gushaka itike yo kujya mu Gikombe cy’Isi 2026
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abangavu batarengeje imyaka 20 igiye gufata urugende ruyerekeza muri Nigeria aho igiye gukina umukino wo kwishyura wogushaka itike yo kujya mu Gikombe cy’Isi 2026 kizakinirwa mu…


