Travis Scott Agiye gutera ikirenge mu cya Chris brown
Travis Scott umwe mu baraperi bakomeye muri let’s zunze ubumwe za Amerika yemeje gutera ikirenge mu cya mugenzi we Chris Brown. Nyuma yaho umuhanzi ukunzwe na benshi muri amerika, Chris…
Travis Scott umwe mu baraperi bakomeye muri let’s zunze ubumwe za Amerika yemeje gutera ikirenge mu cya mugenzi we Chris Brown. Nyuma yaho umuhanzi ukunzwe na benshi muri amerika, Chris…
Umuraperi Kendrick Lamar na Playboi Carti bifatiye Urubuga rwa Billboard muri uku kwezi banikira abandi bahanzi ku isi. Kendrick Lamar umaze kuba ikirangirire munjyana ya Rap akomeje kubaka ibigwi ku…
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahuye n’ikibazo gikomeye cy’ivangura ry’amakuru y’ibanga ryerekeye umutekano. Ubuyobozi bwa White House bwemeje ko habayeho kwivanga kw’amakuru y’ibanga aho abayobozi bakuru ba leta, barimo Visi…
Mugisha Fred Robinson umaze kubaka izina mu muziki nka Element yashyize hanze indirimbo ye nshya yari amaze iminsi ateguje abakunzi be itarimo ibirango bya 1:55AM abarizwamo. Kuri uyu wa Mbere…
Leta y’u Rwanda yatangije imishinga ibiri ikomeye igamije kunoza ibikorwaremezo by’ubwikorezi, cyane cyane mu Mujyi wa Kigali. Umwe muri iyo mishinga ni Kigali Urban Transport Improvement Project (KUTI), ugamije kwagura…
Ku wa Kabiri tariki ya 25 Werurwe 2025, ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” izakira Lesotho kuri Stade Amahoro mu mukino w’umunsi wa gatandatu w’amajonjora yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya…
Abahanzi b’abanya afurika aribo Diamond platnumz na Davido bakoreye arenga Miliyoni magana arindwi mu ijoro rimwe. Umuhanzi Diamond platnumz we na mugenzi we bahuriye mu mwuga wo kuririmba byabagize ibirangirire…
Umuhanzi The Ben na Uwicyeza Pamela bagaragaje Amazina y’umwana wabo w’imfura baherutse kwibaruka. Mu ijoro ryo kuwa 18 werurwe 2025, Umuryango wa Mugisha Benjamin uzwi nka The ben na Pamela…
Mu mikino y’ishiraniro ya 1/4 cy’irushanwa rya UEFA Nations League yaraye ibaye kumugoro washize, amakipe y’ibihugu bya Portugal, U Bufaransa, U Budage na Espagne yabonye itike yo gukina 1/2, nyuma…
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo, yongeye kwandika izina rye mu mateka y’umupira w’amaguru ku Isi nyuma yo gushyiraho agahigo ko kuba umukinnyi umaze gutsinda imikino myinshi y’amakipe y’ibihugu…