Jason Derulo Agiye guhagarika Umuziki
Umuhanzi Jason Joel Desrouleaux wamamaye nka Jason Derulo mu muziki yatangaje ko azahagarika umuziki mu gihe kitari kinini kizaza. Aganira n’itangazamakuru, Jason Derulo yatangaje ko Agiye gukora album ye nshya…
Umuhanzi Jason Joel Desrouleaux wamamaye nka Jason Derulo mu muziki yatangaje ko azahagarika umuziki mu gihe kitari kinini kizaza. Aganira n’itangazamakuru, Jason Derulo yatangaje ko Agiye gukora album ye nshya…
Ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania yatangiye urugendo rwo gusaba kwakirira umukino wayo wa ¼ cya CAF Confederation Cup kuri Stade Amahoro i Kigali, nyuma y’uko Stade Benjamin Mkapa…
Kumugoroba washize UEFA Champion League yakomezaga hakinwa imikino ya 1/8 kirangiza,Mu mukino wari ukomeye kandi wahanzwe amaso na benshi, Real Madrid yasezereye Atlético Madrid muri 1/8 cya UEFA Champions kuri…
Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo yavukiye i Kinshasa ku itariki ya 13 kamena 1963. Ni umuhungu wa Etienne Tshisekedi, washinze ishyaka UDPS(Union pour la Democratie et le progres Social) akaba yaranabaye…
Abitabiriye inama ku Buzima n’ubukungu muri Afurika, basabwe guhuza imbaraga mu mikoranire ndetse no guhanga udushya byafasha muguteza imbere urwego rwubuzima ku mugabane wa Afurika. Iyinama iba buri myaka 2…
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya congo (RDC) yari yarakomeje kwanga kugirana ibiganiro n’umutwe wa M23, ifata uwo mutwe nk’uw’iterabwoba. Icyakora, mu rwego rwo gushaka amahoro arambye mu burasirazuba bwa…
Umubyeyi wa Beyonce yavuze ko umukobwa we(Beyonce) yaretse gukina filime yari asanzwe akora inyuma yo kuririmba. Tina knowless umubyeyi w’umuhanzikazi wo muri Amerika Beyonce yatangaje ko uyu mugore wari umenyerewe…
Ikipe ya Gasogi United iri mu myiteguro y’umukino wo ku munsi wa 21 wa Shampiyona izahuramo na APR FC kuri uyu wa Gatanu saa Moya z’umugoroba muri Kigali Pelé Stadium.…
Dr. Patrice Motsepe yongeye gutorerwa kuyobora Impuzamashyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), ku nshuro ya kabiri, nyuma yo gutorwa nk’umukandida rukumbi. Iyi manda nshya izarangira mu 2029, bikaba bivuze ko…
Tanasha Donna yiyemeje kongera kubagisha iminwa ye igasubira uko yahoze, nyuma yo kuvugirizwa induru n’abantu ku mbuga nkoranyambaga. Uyu mugore ufite izina rikomeye muri Tanzania haba mu bijyanye n’imideli, ubuhanzi…