APR FC yamaze gutanduka n’umunye-Ghana richmond lamptey waruyimazemo umwaka umwe gusa
umunye-Ghana richmond lamptey warushigaje umwk umwe w’imikino muri APR FC kaba yamaze gutanduka n’iyikipe y’ingabo z’igihugu nyuma y’uko ibyo bari bamwitezeho atabashije kubibaha. richmond lamptey yageze mu ikipe ya APR…


