Amerika nicyo gihugu gifite kaminuza nyinshi ziri mu inziza ku isi
Mugihe ku rutonde rwa kaminuza 100 za mbere Nziza ku isi ziri mu bihugu bitarenze no kuri 20 igihugu cya Amerika cyihariye kimwe cya Gatatu cyazo mu gihe igihugu kiyigwa…
Mugihe ku rutonde rwa kaminuza 100 za mbere Nziza ku isi ziri mu bihugu bitarenze no kuri 20 igihugu cya Amerika cyihariye kimwe cya Gatatu cyazo mu gihe igihugu kiyigwa…
Doha / Cairo – 17 Kanama 2025 Egypt na Qatar bari gutegura umushinga mushya w’amasezerano y’agahenge k’igihe gito muri Gaza, mu rwego rwo guhosha intambara ikomeje guhitana ubuzima bw’abaturage benshi…
Mu rugendo rwo gushaka amahoro arambye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC), hagaragaye umugambi mushya w’amahoro hagati ya Leta ya Congo n’umutwe wa M23. Ibiganiro byayobowe n’igihugu…
Mu mukino w’ishiraniro warutegerejwe n’abatari bacye ikipe ya Arsenal yasanze Manchester United m’urugo kuri sitade Old Trafford iyihatsindira igitego 1-0. Kuri icyi cyumweru Primier League imikino yakomeza aho bagikina umunsi…
Ikipe ya APR FC yihereranye ikipe ya Power Dynamos yo muri Zambia mu mukino wa gicuti ufungura irushanywa ry’inkera y’abahizi iyitsinda ibitego 2-0 byose mu mukino wabereye kuri sitade Amahoro…
None kuri uyu wa 17 Kanama 2025 minisiteri y’uburezi ishyize umucyo ku makuru ajyanye n’ibihe amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya leta mu byiciro bitandukanye muri uyu mwaka wa 2025. Nk’uko…
Nyuma yo gufasha ikipe ya Al Ahli Tripoli yo muri Libya kwegukana igikombe cya 14 cya shampiona mu mateka yayo Manzi Thierry bahisemo kumuhemba kumwonjyerera amasezerano y’imyaka ibiri akinira ino…
Kugeza ubu mu mwaka wa 2025 ibihugu birimo Amerika,Ubwongereza n’ubutaliyani nibyo bimaze kohereza ibyogajuru byinshi mu isanzure kuva isi yabaho aho ibigera kuri 10 byohereje icyogajuru bwa mbere mu myaka…
Abahanzi bakomeye muri afurika,Burnaboy na wizkid bakomeje kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga zo muri afurika no mu bihugu by’uburayi kubera uburyo bari kumvwa cyane ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zikomeye zifashishwa…
Shampiyona y’igihugu y’Ubwongereza(Primier League) umwaka mushya w’imikino wa 2025/2026 watangiye k’umunsi w’ejo ku wa gatanu tariki ya 15 Kanama 2025 aho amakipe akomeye amaze gukina yose amaze kuboan insinzi. K’umunsi…