Ckay yiyongereye mu bahanzi b’abanyabigwi kuri Spotify
Chukwuka Ekweani umaze kwamamara mu muziki wa afurika cyane mu gihugu cya Nigeria nka Ckay yinjiye mu cyiciro cy’abahanzi bo muri iki gihugu cya Nigeria bubatse ibigwi ku rubuga rwa…
Chukwuka Ekweani umaze kwamamara mu muziki wa afurika cyane mu gihugu cya Nigeria nka Ckay yinjiye mu cyiciro cy’abahanzi bo muri iki gihugu cya Nigeria bubatse ibigwi ku rubuga rwa…
Accra, Ghana – 6 Kanama 2025 – Igihugu cya Ghana kiri mu gahinda gakomeye nyuma y’uko kajugujugu ya gisirikare yakoze impanuka igahitana abayobozi bakuru b’igihugu barimo Minisitiri w’Ingabo Dr. Edward…
Mu gihe isi yose irebera, Leta ya Israheli ikomeje ibikorwa byo kwimura ku gahato Abanya-Palestina mu Burengerazuba bwateranyijwe (West Bank), ibinyujije mu ishyirwaho ry’imidugudu 22 mishya y’abimukira b’Abayahudi. Iyi midugudu,…
Umuhanzi itahiwacu Bruce umaze kumenyekana mu muziki nka Bruce Melodie akomeje Kubaka ubwamamare n’ibigwi mu muziki Nyarwanda ku rubuga rwa YouTube ruri mu zireberwaho imiziki y’abahanzi batandukanye. Uyu muhanzi wazamutse…
Rayon Sport yatsinze Gorilla FC igitego 1-0 mu mukino wa gicu wabaye kuri uyu wa Gatatu, n’umukino wabereye kuri sitade y’akarere ka Ngoma m’uburasirazuba bw’ U Rwanda. Abakinnyi 11 ba…
Umutoza w’umunyarwanda Mashami Vicent uheruka gutandukana n’ikipe ya Police FC yamaze kumvikana n’ikipe ya Dodoma Jiji fc yo muri tanzania kuyibera umutoza mushya. Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo ikipe ya…
Abahanzi bakomeye ku isi barimo Kendrick Lamar na The weekend bahataniye igihembo mu bihembo bizatangwa muri MTV by’umwaka wa 2025 bitangwa buri mwaka aho kuri iyi nshuro aba bahanzi bamaze…
Brig Gen Deo RUSANGANWA Chairman wa APR FC ati“ TWATEGUYE INKERA Y’ABAHIZI” izatangira kuva tariki ya 17/8/2025 muri sitade Amahoro APR FC icakirana na Power Dynamos yo muri zambia k’umunsi…
Al masry yo mu Misiri yemeje ko Mugisha Bonheur uzwi kwizina rya ‘Kasemiro’ ari umukinnyi mushya w’iyi kipe imukuye muri Stade Tunisien yo muri tunisia yaramaze umwaka umwe. Ibi iyi…
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Africa y’uburasirazuba (CECAFA) kuri uyu wa kabiri tariki ya 5 Knama 2025 ryatangaje amakipe 12 azitabira irushanywa rya CECAFA KAgame Cup. Ikipe ya APR FC nayo…