Coach Gael ari gusengera ikintu Gikomeye
Umushoramari Karomba Gael uzwi nka Coach Gael ari gusenga ngo agere ku kintu gikomeye muri uyu mwaka wa 2025 ibyaciye amarenga yo kuba agifite gahunda ikomeye muzo amaze iminsi avuga…
Umushoramari Karomba Gael uzwi nka Coach Gael ari gusenga ngo agere ku kintu gikomeye muri uyu mwaka wa 2025 ibyaciye amarenga yo kuba agifite gahunda ikomeye muzo amaze iminsi avuga…
Washington, 5 Kamena 2025 — Perezida Donald Trump yashyize umukono ku itegeko rishya ribuza abaturage b’ibihugu 12, ahanini byo muri Afurika n’Uburasirazuba bwo Hagati, kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za…
Ikipe y’iguhu ya Portugal yaraye igeze k’umukino wa nyuma wa UEFA Nation League yo gutsinda ikipe y’igihugu y’Ubudage ibitego 2-1 bya Francisco Conceição na Cristiano Ronaldo wuzuzaga ibitego 937 akaba…
Guverinoma ya Canada yatangaje gahunda y’ubukungu yihutirwa mu rwego rwo guhangana n’ingaruka z’ibihano bishya by’ubucuruzi byashyizweho na Perezida Donald Trump, harimo kongera imisoro ku byuma na aluminiyumu byinjira muri Amerika.…
Manishimwe Djabel yemeje agiye kwishyura asanga miliyoni 8 z’amanyarwanda ikipe ya Mukura yarasanzwe ayibereyemo, n’umwe mu basore bakina hagati mu ikibuga ariko afasha ba rutahizamu yamenyekanye cyane ubwo yari Captain…
Kuri uyu wa kane Ikipe y’Igihugu ya Algeria irakira Amavubi mu mukino wa gicuti uzaba saa 17:00(Constantine time) 18:00 (Kigali time) kuri Stade Chahid Hamlaoui iri mu mujyi wa Constantine…
Umukinnyi wa filime wabigize umwuga Oprah Winfrey wanamamaye kubera ibiganiro kuri televiziyo zikomeye ku isi yaje ku ku mwanya wa mbere w’urutonde rw’abagore batunze akayabo ku isi mu byamamare. Uyu…
Umuraperi Drake uri mu bakunzwe muri Amerika no ku isi yatangaje ko agiye gutaramira abanyaburayi yari amaze imyaka hafi itandatu adaha ibyishimo. Ibi bitaramo azakorera ku mugabane w’uburayi yavuze ko…
KYIV, 4 Kamena 2025 – Minisiteri y’Ibidukikije ya Ukraine ifatanyije n’Impuguke za OSCE yatangaje ko ibitero bya gisirikare bya Russia byamaze guteza akaduruvayo k’ibidukikije kahwanye na miliyari €82 (≈ US…
Kuri yu wa gatatu tariki ya 04 kamena 2025 nibwo hari buze gukomeza imikino ya ½ cya UEFA Nation League aho umukino utegerejwe n’abantu bose ari umukino uri buze guhuza…