Byinshi ku munsi wa “Thanksgiving” wizihijwe muri Amerika
Thanksgiving ni umunsi mukuru ukomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika wizihizwa buri mwaka ku wa Kane wa nyuma wa Ugushyingo. Muri 2024, wizihijwe ejo hashize kuri tariki ya 28…
Thanksgiving ni umunsi mukuru ukomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika wizihizwa buri mwaka ku wa Kane wa nyuma wa Ugushyingo. Muri 2024, wizihijwe ejo hashize kuri tariki ya 28…
Benjamin Netanyahu ni umunyapolitiki ukomeye wa Isiraheli, akaba Minisitiri w’Intebe kuva mu 2022. Yabaye Minisitiri w’Intebe bwa mbere kuva 1996 kugeza 1999, ndetse yongeye kuyobora kuva 2009 kugeza 2021. Netanyahu…
Kuri uyu kane, ku wa 28 Ugushyingo 2024, mu Karere ka Nyaruguru, habereye ibirori bikomeye byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 43 y’amabonekerwa ya Bikira Mariya i Kibeho. Aya mabonekerwa yihariye mu…
Ku wa Gatatu, tariki ya 27 Ugushyingo 2024, Perezida Paul Kagame yakiriye impapuro z’ubutumwa bwa ba ambasaderi bashya baturutse mu bihugu bitandukanye, igikorwa cyabereye muri Village Urugwiro. Aba banyacyubahiro baje…
APR FC yakinnye neza itsinda Bugesera FC ibitego 2-0 mu mukino w’ikirarane cy’umunsi wa kabiri wa Shampiyona ya Rwanda Premier League, wabereye kuri Pele Stadium kuri uyu wa Gatatu, tariki…
Kuruyu wa gatatu taliki ya 27/11/2024 mu Karere ka Gicumbi habaye umuhango wo gusezera Nyirandama Chantal. Uheruka gukora impanuka ari mu modoka coaster yerekeza mu karere ka Musanze, ubwo we…
Kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2024, u Rwanda rwashyikirije Salman Khan intumwa z’u Buhinde nyuma yo gufatirwa mu gihugu kubera ibyaha akekwaho byakorewe muri icyo gihugu. Umushinjacyaha ku rwego rw’igihugu,…
Mu gihe habura umunsi umwe gusa, Grace Room Ministries, itorero riharanira kugarura abantu mu murongo w’ubuzima bwa gikristo, ryateguye igiterane cy’iminsi itatu cyiswe “Your Glory Lord 2024”. Iki giterane kizaba…
Abahinga icyayi mukarere ka Nyaruguru bishimira cyane ko guhinga icyayi bibaha amafaranga, kandi ko ntacyo reta itabafasha kubijyanye no guhinga icyayi, ariko ko bakeneye nubundi bumenyi bwabahesha amafaranga atari akazi…
Abakozi bagera kuri 11 bo mukarere ka Nyamasheke bandikiye umuyobozi wa karere basaba gusezera akazi, nyuma yamakuru yamaze iminsi avugwa ko hari abakozi bashobora gukurwa mukazi mu karere ka Nyamasheke.…