Akamaro k’ibipimo by’ubuzima bikorerwa murugo
Mu buzima bwa buri munsi, kwita ku buzima ni inshingano ya buri muntu. Nubwo kwa muganga ari ho hakorerwa ibipimo byinshi byimbitse, hari ibipimo by’ingenzi bishobora gukorerwa mu rugo, bikafasha…
Mu buzima bwa buri munsi, kwita ku buzima ni inshingano ya buri muntu. Nubwo kwa muganga ari ho hakorerwa ibipimo byinshi byimbitse, hari ibipimo by’ingenzi bishobora gukorerwa mu rugo, bikafasha…
Nubwo malariya ikomeje kuba ikibazo gikomeye mu Rwanda cyane cyane mu turere two mu burasira zuba bufite ibidukikije n ‘ikirere cyorohereza imibu.Nubwo igihugu cyashyizeho ingamba nyinshi zo kurwanya imibu itera…
SIDA ni indwara iterwa na virusi yitwa VIH, iyo virusi yangiza ubu dahangarwa bw’umubiri,bigatuma umubiri ucika inege kuburyo indwara zoroheje n’i zikomeye bizorohera kwinjira mu mubiri. Kwisi hose SIDA ni…
Abantu benshibagira bagira uburibwe bwo mu gituza bakagira ubwoba bwuko bashobora kuba barwaye umutima, nyamara rimwe na rimwe ashobora kuba ari umwuka urekurwa n’igifu. Nubwo ibyo bibiri bifitanye isano n’uburibwe…
Kanseri yo mugifu ni imwe mu ndwara zikomeye zibasira abantu benshi ku isi yose. Iyo uturemangingo two mugifu dutangiye gukura mu buryo budasanzwe ntidukuri kize amategeko y’u mubiri ,bishobora gutuma…
Iyo igihe cy’itumba kigeze ikirere kirahinduka imbeho igatangira kwiyongera,ibiti bigatakaza amababi,maze n’ubuzima bwacu bukenera guhinduka mu buryo tubaho no mu buryo turya.Uyu niwo mwanya mwiza wo kwita ku kurya imbuto…
Indimu ni urubuto rw’umuryango wa siturasi(citrus )ruzwe cyane ku isi yose kubera ubusharire bwa rwo ariko bunyura ubantu benshi.Ubusanzwe ifite ibara ry’icyatsi kibisi cyangwa umuhondoIndimu ni kimwe mubintu byoroheje umuntu…
Ibitunguru bibisi ni imboga zihariye cyane mu buzima busanzwe bwa muntu nubwo hari abantu benshi bibera ibirungo gusa,cyangwa ntibabyiteho.Ibitunguru n’imboga zoroheje kuzibona hafi yatwese .Ntibikoreshwa gusa mugutegura amafunguro ngo bigire…
Agahinda gakabije n’indwara y’umutima itera umuntu kumara igihe kirekire yumva afite kwiheba,agahinda, gucika intege no kutabona ikizere cyejo hazaza.Si amaranga mutima asanzwe umuntu agira iyo arwaye,ahubwo aba ari indwara ikomeye…
Kubura amaraso ni imwe mu ndwara zikunze kugaragara cyane mu buzima bwa bantu. Abantu benshi bakunda kuyitiranya “n’umunaniro ” cyangwa ” guhorana intege nke” ,nyamara baba bari kwibeshya cyane .kubura…